Putin na Xi Jin Ping bagiye guhurira mu Burusiya

Abakuru b’ibihugu bibiri by’ibihangange ku Isi, Vladimir Putin w’u Burusiya na Xi Jin Ping w’u Bushinwa, bazahurira i Kazen mu Burusiya mu nama y’ibihugu bigize BRICS, birwanya Amerika n’u Burayi cyane mu bijyanye n’ubukungu.

BRICS (Brazil, Russia, India, China na South Africa) n’ubwo hamaze kujyamo n’ibindi bihugu, ni Umuryango uhanganye cyane n’undi witwa NATO/OTAN uhuje Leta zunze Ubumwe za Amerika n’u Burayi.

BRICS imaze gukomera ndetse irimo kwigamba ko izahagarika amafaranga y’amadolari mu rwego rwo guteza Amerika n’u Burayi ubukene, akaba ari na cyo kigenderewe mu nama igiye kubera mu Burusiya mu minsi mike iri imbere ariko itaratangazwa.

Ibi bavuga ko bizashoboka binyuze mu kubuza ibihugu byinshi ku Isi gukoresha Idolari, ahubwo bigahabwa amafaranga y’amarusiya n’amashinwa.

 

 

 

 

  • Related Posts

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

    Read more

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…

    Read more

    Ntibigucike

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi