Marburg: Ministiri w’ubuzima yasuye abaganga mu bitaro bitandukanye arabihanganisha

Kuri uyu wa 1 Ugushyingo Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Minisitiri w’ubuzima Dr Nsanzimana Sabin uyu munsi yasuye abaganga bakorera mu bitaro bitandukanye mu rwego rwo kubihanganisha ku bwa…

Read more

Israel irimo kunyagirwa n’imvura ya missiles zivuye muri Iran

Igihugu cya Israel cyahuye n’ijoro ribi kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 01 Ukwakira 2024, kuko imvura y’ibisasu(missiles) bitewe na Iran, irimo kwibasira uduce dutandukanye tw’icyo Gihugu.…

Read more

Rurageretse hagati ya Bishop Dr. Rugagi na Mutesi Scovia

Umushumba w’Amatorero y’Abacunguwe mu Rwanda (Redeemed Church), Bishop Dr. Rugagi Innocent, yise umunyamakuru Mutesi Scovia wa Mama Urwagasabo umubeshyi nyuma yo kugaragaza ko yari afite urusengero akoreramo igice kimwe gikoreramo…

Read more

Abantu 9 mu Rwanda bamaze guhitanwa na Marburg

Nk’uko byatangajwe na ministeri y’ubuzima mu Rwanda, kuri uyu wa 30 Nzeri, icyorezo cya Marburg kimaze guhitana abantu 9, mu gihe harimo kuvurwa abarwayi 18, muri 27 bose hamwe bamaze…

Read more

Hagiye kugwa imvura irenze isanzwe igwa mu itangira ry’Ukwakira

Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, cyatangaje Iteganyagihe ry’igice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2024 (kuva tariki ya 1 kugeza tariki ya 10), riteganya imvura irengeje igipimo cy’isanzwe igwa muri iki gihe.…

Read more

Marburg: Gusezera ku witabye Imana mu rugo no mu rusengero byabujijwe

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho amabwiriza abuza Abaturarwanda gukorera imihango yo gusezera ku witabye Imana mu rugo, mu rusengero cyangwa mu musigiti, mu rwego rwo kwirinda indwara ya Marburg. Itangazo MINISANTE…

Read more

Marburg: Nta guma mu rugo ihari

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko n’ubwo imaze kubona abantu bagera hafi kuri 300 bahuye n’abarwayi n’icyorezo Marburg kimaze iminsi mike kigaragaye mu Rwanda, ngamba zihariye nka guma mu…

Read more

Amafoto:abakozi bo kwa muganga bamaze guhitanwa na Marburg

Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) itangaza ko virusi ya Marburg imaze igihe gito igaragaye mu Rwanda imaze guhitana abantu 6 abandi 20 bagaragaweho n’ibimenyetso byayo. Ku mbuga nkoranyambaga harimo kunyuzwaho amafoto ya bamwe…

Read more

Tumenye amabara y’inka n’ibyiciro by’ubukure bwazo

Hambere aho mu Rwanda inka zari ishingiro ry’ubukungu no guteza imbere imibanire y’abantu n’umuco, ku buryo zahabwaga amazina rimwe na rimwe hashingiwe ku mabara yazo, ashobora kuba atazwi n’ababyiruka muri…

Read more

Tedros wa OMS yemereye u Rwanda ubufasha bwo guhangana na Marburg

Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima ku Isi(WHO), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus arizeza u Rwanda ko uwo muryango ugiye kongera ubufasha utanga kugira ngo rubashe guhangana n’icyorezo cya Marburg.…

Read more