Zimwe mu nyubako za Hotel Muhabura zafashwe n’inkongi y’umuriro
Iyo nkongi y’umuriro yafashe Hoteli Muhabura mu ijoro ryakeye ku wa mbere tariki 14 Ukwakira 2024, aho ngo yaba yahereye ahagenewe gutegurirwa amafunguro. Iyi Hoteli yubatswe hafi y’ibiro by’Akarere ka…
Read moreIrimbi rya Nyamirambo ryafunzwe kuko ryuzuye
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, Uwera Claudine, yandikiye umuyobozi w’Ikigo RIP Company gishinzwe imicungire y’irimbi ry’i Nyamirambo, amusaba guhagarika kuhashyingura guhera ku wa Mbere tariki 14…
Read morePerezida Kagame akoze impinduka mu gisirikare cy’u Rwanda
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Maj Gen Alex Kagame, Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, na ho Maj Gen Andrew Kagame agirwa Umuyobozi wa Diviziyo ya…
Read moreKu kwezi kwa Jupiter haroherezwa icyogajuru
Iki kigendajuru kimaze igihe cyubakirwa muri Jet Propulsion Laboratory ya NASA iri muri leta ya California Amakuru dukesha BBC avuga y’uko mu masaha ari imbere, ikigendajuru kinini kidasanzwe kirahaguruka i…
Read moreUmuyobozi wa SONARWA n’Umubaruramari wayo batawe muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) ruvuga ko rwataye muri yombi Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwinshingizi mu Rwanda(SONARWA), Rees Kinyangi hamwe n’ushinzwe ibaruramari, Aisha Uwamahoro, bashinjwa kunyereza amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni 117.…
Read moreTrump yarusimbutse bwa gatatu muri iki gihe cyo kwiyamamaza kwe
Umurepublikani Donald Trump ku wa gatandatu arimo kwiyamamariza i California/Coachella Umugabo witwaje imbunda ebyiri ntoya zitemewe n’amategeko yatawe muri yombi hafi y’aho Donald Trump yariho yiyamamariza i Coachella muri leta…
Read moreUkraine yifuza ko intambara irimwo n’Uburusiya yarangira mu 2025
Amakuru ya AFP dukesha VOA avuga yuko ‘Prezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, uri mu rugendo mu gihugu cy’Ubudage, yatangaje ko ashaka ko intambara iri hagati y’igihugu ke n’Uburusiya irangira mu…
Read moreMisiri, Eritrea na Somalia byaba byashinze ihuriro ryo kurwanya Ethiopia
Perezida Isaias Afwerki (iburyo) wa Eritrea yagiranye ibiganiro na bagenzi be Abdul Fattah al-Sisi (hagati) wa Misiri na Hassan Sheikh Mohamud (ibumoso) wa Somalia i Asmara Ihembe ry’Afrika kugeza uyu…
Read moreUmushumba wa ‘Zeraphat Holy Church’ n’umugore we batawe muri yombi
Umushumba w’Itorero ‘Zeraphat Holy Church’ Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we Mukansengiyumva Jeanne, batawe muri yombi bakurikiranyweho ibyaha birimo kwihesha ikintu cy’undi n’icyo gukangisha gusebanya hifashishijwe amafoto y’urukozasoni. Ni amakuru…
Read moreUmupadiri w’i Kirehe akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umupadiri uyobora Lycée de Rusumo, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15. Uyu mupadiri uyobora iri shuri ryo mu Karere ka Kirehe, yatawe…
Read more