Zelensky yatutse Putin
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatutse uw’u Burusiya, Vladimir Putin amwita ikigoryi, nyuma y’amagambo uyu uyoboye igihugu kinini ku Isi yavuze agakomeretsa ab’i Kyiv. Ubwo ku wa 19 Ukuboza 2024…
Read moreDore aho warebera ko watsinze ibizamini bisoza ayimbuye 2024
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye byakozwe mu mezi ya Nyakanga na Kanama 2024, aho 78.6% ari bo babitsinze bakaba bazahabwa impamyabumenyi. MINEDUC ivuga ko abanyeshuri bari biyandikishije…
Read moreUbu ni bwo Moscow igeramiwe n’ibitero bya drone mu buryo butigeze bubaho
Mu mpera z’icyumweru gishize habaye ibitero binini kurusha ibindi by’indege za ‘drones’ kuva iyi ntambara yatangira hagati y’Uburusiya na Ukraine . Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yavuze ko yaturikije ‘drones’ 84 za…
Read moreUmugaba mukuru wa RDF n’abarinda Perezida wa Repubulika batanze amaraso
Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, cyashimiye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda(RDF) hamwe n’Umutwe ushinzwe kurinda Umukuru w’Igihugu (Republican Guards), kuba bitabiriye gahunda amaraso ku bayakeneye. Umuyobozi w’Ikigo gishizwe gutanga…
Read moreHuye: Umugabo yakubiswe ifuni agiye gusambana
Uwitwa Emmanuel Mutunzi w’imyaka 55 y’amavuko, wari utuye mu Murenge wa Karama wo mu Karere ka Huye, yitabye Imana azize gukubitwa ifuni n’umusore witwa René Iradukunda w’imyaka 19 y’amavuko wari…
Read moreEspagne:Imvura y’umwaka wose yaguye mu masaha 8 gusa
Abantu baburiwe irengero n’ibintu byangiritse ntibigira akagero Abantu batari munsi ya 62 nibo bamaze kumenyekana ko bapfuye bahitanywe n’imvura nyinshi yateye imivu n’imyuzure ikomeye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Espagne.…
Read moreUmujyi wo mu Burusiya waciye imyambaro ya kisilamu mu mashuri
Abayobozi bo mu mujyi wa Vladimir uherereye mu Burasirazuba bw’Umurwa Mukuru Moscow mu Burusiya, babujije abanyeshuri kwambara imyambaro ifite aho ihuriye n’imyemerere mu gihe bari ku ishuri. Inkuru yatangajwe na…
Read moreMuri 2025 isi izamanukirwa n’ibivajuru, imperuka itangire-Baba Vanga
Umunyaburugariyakazi (Bulgarian) wapfuye ari umukecuru muri 1996 yasize ahanuye ko imperuka y’isi izatangira muri 2025, kandi ko kuva muri uwo mwaka abantu bazajya bahura n’ibiremwa bidasanzwe biturutse ku yindi mibumbe(ibivajuru).…
Read moreAmabwiriza mashya yo kwirinda virus ya Marburg mu mashuri
Ishingiye ku mabwiriza ya Ministeri y’ubuzima mu Rwanda, Ministre y’uburezi yashyizeho ingamba nshya zijyanye no kwirinda iki cyorezo mu bigo by’amashuri. Julien B.
Read moreIshyaka riri ku butegetsi muri Mozambique ryatsinze amatora ku bwiganze
Daniel Chapo ni Perezida wa mbere wavutse nyuma yuko Mozambique ibonye ubwigenge mu mwaka wa 1975 Inkuru ya BBC ivuga y’uko Ishyaka riri ku butegetsi muri Mozambique, FRELIMO, ryatsinze amatora…
Read more