Irani na Hezbollah barashinja Israel ko ari yo yashwanyuje ibyuma by’itumanaho bya Hezbollah
Amakuru dukesha VOA avuga yuko “umutwe wa Hezbollah na guverinema ya Irani bishinja Isirayeli gushwanyuza ibyuma bikoreshwa n’abarwanyi ba Hezbollah mu itumanaho.” Ni igitero cyahitanye abantu 12 harimo abana babiri,…
Read moreZimbabwe bagiye gutangira kubagira abaturage inzovu kubera amapfa
Inzego zishinzwe kubungabunga inyamaswa zo muri parike muri Zimbabwe zatangaje ko zigiye kwica inzovu 200 kugirango zigaburire abaturage bugarijwe n’inzara yatewe n’amapfa muri icyo gihugu. Amakuru dukesha VOA avuga ko…
Read moreUbwirakabiri no kuzora k”ukwezi byagaragaye mu kirere muri uru rukerera
Byari bibereye ijisho kuri benshi babirebaga Muri uru rukerera rwo ku wa gatatu taliki ya 18 Nzeri ku isaha ya saa 4:12 kugeza saa 4:44 ku masaha yo mu Rwanda…
Read moreHaje Covid-19 nshya yitwa XEC, abantu bihutire gufata urukingo
Ikinyamakuru BBC cy’Abongereza kivuga ko hari ubwoko bushya bwa Covid-19 bwitwa XEC bwatangiriye mu gihugu cy’u Budage, ariko bukaba ngo bwageze mu bihugu bitandukanye byo ku isi, biba ngombwa ko…
Read moreTrump yahungishijwe nyuma y’urufaya rw’amasasu aho yari ari muri siporo
Ikibuga cya Golf Donald Trump akoreraho Siporo, cyitwa Trump National Golf Club, kiri muri West Palm Beach muri Leta ya Florida cyumvikanyemo urufaya rw’amasasu bivugwa ko abamurinda barashe umuntu bikekwa…
Read moreGusura ni byiza ariko wakwirinda kubangamira abandi-Dr Nkusi
Muganga w’indwara zo mu mubiri, Dr Eugène Nkusi, avuga ko gusohora umwuka unyuze aho bitumira ibikomeye (byitwa gusura), ari ikimenyetso cy’uko umuntu afite imikorere myiza y’inzira z’igogora, ku buryo abantu…
Read moreKwemerera Ukraine kurasa mu Burusiya, imbarutso y’intambara ya 3 y’isi
Perezida w’u Burusiya, Vladmir Putin, yaburiye Umuryango wo gutabarana wa OTAN/NATO, ko nuhirahira ukemerera Ukraine gukoresha misile ziterwa ku ntera ndende, zikagera hagati mu Burusiya, intambara iri buhindure isura yerekera…
Read moreInganda zizabura umuriro mu masaha y’umugoroba mu mpera z’iki cyumweru
Ubuyobozi bwa Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG), bwatangaje ko umuriro w’amashanyarazi uzabura mu mpera z’iki cyumweru kuva saa kumi n’imwe z’umuguroba mu byanya byahariwe inganda bya Bugesera, Rwamagana, Nyagatare,…
Read moreHateganyijwe imvura nke n’ubushyuhe bwinshi hagati muri uku kwezi
Iteganyagihe ryatangajwe na Meteo-Rwanda kuri uyu wa Gatatu ryerekana ko hagati muri uku kwezi kwa Nzeri(kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe…
Read moreKu bifuza akazi mu nzego z’ibanze hari imyanya 1839 yashyizwe ku isoko
Ishyirahamwe ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali, RALGA, ryatangaje ko inzego z’ibanze mu Tugari, mu Mirenge no mu Turere hakenewe abakozi bagera ku 1,839 bazaba bari mu myanya itandukanye. Bigaragara ko imirenge…
Read more