Muri 2025 isi izamanukirwa n’ibivajuru, imperuka itangire-Baba Vanga
Umunyaburugariyakazi (Bulgarian) wapfuye ari umukecuru muri 1996 yasize ahanuye ko imperuka y’isi izatangira muri 2025, kandi ko kuva muri uwo mwaka abantu bazajya bahura n’ibiremwa bidasanzwe biturutse ku yindi mibumbe(ibivajuru).…
Read moreAmabwiriza mashya yo kwirinda virus ya Marburg mu mashuri
Ishingiye ku mabwiriza ya Ministeri y’ubuzima mu Rwanda, Ministre y’uburezi yashyizeho ingamba nshya zijyanye no kwirinda iki cyorezo mu bigo by’amashuri. Julien B.
Read moreIshyaka riri ku butegetsi muri Mozambique ryatsinze amatora ku bwiganze
Daniel Chapo ni Perezida wa mbere wavutse nyuma yuko Mozambique ibonye ubwigenge mu mwaka wa 1975 Inkuru ya BBC ivuga y’uko Ishyaka riri ku butegetsi muri Mozambique, FRELIMO, ryatsinze amatora…
Read moreKwivanga k’Uburusiya, Ubushinwa na Irani mu Matora y’Amerika
Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Microsoft ni kimwe mu byakoze icyegeranyo cyagaragaje ko Ubushinwa, Irani n’Uburusiya bishaka kugena ibizava mu matora Amakuru dukesha ijwi ry’Amerika avuga yuko Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Microsoft ari…
Read moreIcyogajuru cy’itumanaho cya Boeing cyasenyukiye mu isanzure bihita bigira ingaruka ku Isi
Gutakaza” iyi ‘satellite’ y’itumanaho byagize ingaruka ku bakiliya ba Intelsat ku Isi Amakuru dukesha BBC avuga y’uko Icyogajuru (satellite) cy’itumanaho cyubatswe n’uruganda rwa Boeing rumaze iminsi mu bibazo bikomeye, cyasenyukiye…
Read moreDore amadini n’amatorero byahagaritswe burundu mu Rwanda
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere, RGB, rwahagaritse burundu mu Rwanda imiryango 14 ishingiye ku kwemera (amadini n’amatorero), mu gihe indi 4 yahagaritswe by’agateganyo kubera kutagira ubuzima gatozi, kandi ibyangombwa yari yahawe…
Read moreFatakumavuta yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ruvuga ko rwataye muri yombi Sengabo Jean Bosco uzwi ku izina rya Fatakumavuta, akaba yafunzwe kuva kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Ukwakira 2024. Fatakumavuta uzwi…
Read morePerezida Kagame yakuyeho urujijo ku guha akazi abo bitiranwa
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakuyeho urujijo ku bavuga ko ashyira mu myanya y’akazi abo bitiranwa cyangwa abavandimwe be, aho bamwe babishingira ku kuba ku itariki 14 Ukwakira 2024 yarashyizeho…
Read moreBamporiki na Gasana Emmanuel bafunguwe
Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko hamwe na Gasana Emmanuel wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, bari mu bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Iteka rya…
Read moreMuri Kenya, urukiko rwahagaritse ishyirwaho rya visi prezida mushya
Prezida Ruto yifuza ko Profeseri Kithure Kindiki amubera Vise Prezida mushya Urukiko rw’ikirenga rushinzwe kurinda itegeko nshinga rya Kenya rwategetse ko igenwa rya Profeseri Kithure Kindiki ku mwanya wa visi…
Read more