Dore imirenge itazabona amazi kuva ku wa Kabiri kugera ku wa Kane

Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) cyatangarije abatuye mu mirenge imwe n’imwe y’Uturere twa Kicukiro na Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ko batazabona amazi kuva ku wa Kabiri tariki 27 kugera ku wa Kane tariki 29 Gicurasi 2025.

WASAC ivuga ko ibi byatewe n’iyangirika ry’umuyoboro uvana amazi ku ruganda rwa Kanzenze (ruri ku mugezi w’Akagera, wambuka ujya mu Bugesera).

WASAC ivuga ko kubera iyo mpamvu imirenge ya Niboye, Kicukiro, Gahanga, Kigarama, Gikondo, Gatenga, Kanombe na Nyarugunga muri Kicukiro, ndetse na Kimironko, Remera na Ndera muri Gasabo itazabona amazi kuva ku wa Kabiri kugera ku wa Kane w’iki cyumweru.

WASAC irisegura ku bafatabuguzi bayo batazabona amazi muri iyi minsi, ariko ko iri gukora ibishoboka byose ngo isane ahangirirse kuri uwo muyoboro, kugira ngo serivisi zongere gutangwa nk’uko bisanzwe.

 

  • Related Posts

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    Inyungu y’ikigo cy’itumanaho, MTN Rwandacell Plc, mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka wa 2025 yageze kuri miliyari 6.3 Frw nyuma yo kwishyura imisoro. Ibi ngo bigaragaje intambwe nini mu…

    Read more

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaze kwemeza ko mu biganiro bizamuhuza na mugenzi we Vladimir Putin kuri uyu wa Gatanu, hazabaho gusuzuma niba u Burusiya butaharirwa…

    Read more

    Leave a Reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Ntibigucike

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)