{"id":972,"date":"2024-08-19T12:36:50","date_gmt":"2024-08-19T12:36:50","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=972"},"modified":"2024-08-19T12:36:50","modified_gmt":"2024-08-19T12:36:50","slug":"turusheho-kumenya-yesu-kristo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/08\/19\/turusheho-kumenya-yesu-kristo\/","title":{"rendered":"Turusheho kumenya Yesu kristo"},"content":{"rendered":"<p>Yesu Kristo niwe Ibyanditswe Byera bishingiyeho<br \/>\nTugiye kurebera hamwe ko ari Imana, turebe uko ari Imana, turebe uko yihinduye umuntu bitamubujije gukomeza kuba Imana, umurimo yakoze, indi mirimo akora \u00abNi na we shusho y\u2019Imana itaboneka\u2026 \u00bb Abakolosayi 1:15; \u00ab\u2026Imana kwerekanwa ifite umubiri\u2026 \u00bb (1timoteyo 3:16). \u00abIyo umbonye uba ubonye Data wa twese \u00bb (Yohana 14:9).<br \/>\nKuko muri We arimo byose byaremewe\u2026 Niwe wabiremye\u2026 Ni na We byaremewe. Yesu ni Umuremyi wa byose, ijuru n\u2019isi, n\u2019ibindi.<br \/>\nAfite (Yesu Kristo) ububasha bwo kurema kandi ubwo bubasha niwe ubugenewe<br \/>\nMu byaremwe byose nta na kimwe kitaremwe na we (Yohana 1:1-3) ari ibyo mu ijuru, ari n\u2019ibyo mu isi. (Abakolosayi 1:16)<\/p>\n<p>Mu butatu bw\u2019Imana, niwe ushyira mu bikorwa ibijyanye no kurema. Niwe ibyaremwe byose bikesha kubaho, kuko ariwe ntandaro yo kurema. Byose niwe ibyaremwe byose bikesha kubaho. Kuko ariwe ntandaro yo kuremwa kwabyo. Niwe kubaho kwabyo \u00abMuri we niho hari kuzura k\u2019ubumana kose mu buryo bw\u2019umubiri \u00bb Abakolosayi 2:9. Uyu murongo usobanura ko \u00abmuri we harimo kuzura k\u2019Ubumana\u00bb cyangwa \u00abmuri we harimo kuzura kose k\u2019Ubumana mu buryo bw\u2019umubiri\u00bb.<br \/>\nSource:bibiliya.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yesu Kristo niwe Ibyanditswe Byera bishingiyeho Tugiye kurebera hamwe ko ari Imana, turebe uko ari Imana, turebe uko yihinduye umuntu bitamubujije gukomeza kuba Imana, umurimo yakoze, indi mirimo akora \u00abNi&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":973,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[22],"tags":[],"class_list":["post-972","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ni-muntu-ki"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/972","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=972"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/972\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/973"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=972"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=972"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=972"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}