{"id":3496,"date":"2026-02-26T06:29:44","date_gmt":"2026-02-26T06:29:44","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=3496"},"modified":"2026-02-26T07:19:59","modified_gmt":"2026-02-26T07:19:59","slug":"gutanga-3000frw-ntuvurwe-cyangwa-ugatanga-5000frw-ukavurwa-rssb","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2026\/02\/26\/gutanga-3000frw-ntuvurwe-cyangwa-ugatanga-5000frw-ukavurwa-rssb\/","title":{"rendered":"Uzatanga 5,000Frw uvurwe neza-RSSB"},"content":{"rendered":"\n<p>Urwego rw&#8217;Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) ruvuga ko 75% ari abazatanga Mituelle itarenga 5,000Frw, bikazafasha Leta kongera ibikorwa by\u2019ubuvuzi byishingirwa na Mituweli ndetse no kunoza serivisi z\u2019ubuvuzi zihabwa abafite ubu bwisungane mu kwivuza.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"682\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0004-1024x682.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3498\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0004-1024x682.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0004-300x200.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0004-768x512.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0004.jpg 1280w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p><strong>Regis Rugemanshuro, Umuyobozi Mukuru wa RSSB<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>RSSB n&#8217;inzego bafatanya bavuga ko ibiciro bya Mituelle byazamutse kugira ngo habeho guha abaturage serivisi z&#8217;ubuvuzi zitajyaga zishingirwa n&#8217;abafite ubu bwisungane mu kwivuza.<\/p>\n\n\n\n<p>Muri izo serivisi batahabwaga harimo gusimbura impyiko, kuyungurura amaraso, kubaga ubwonko, kuvura umutima, gusuzuma no kuvura kanseri, kubaga amagufa hamwe no gutanga ibikoresho byunganira abafite ubumuga ndetse n\u2019izindi ndwara zifashisha ikoranabuhanga rigezweho.<\/p>\n\n\n\n<p>Minisiteri y\u2019Imari n\u2019Igenamigambi (MINECOFIN) hamwe na RSSB bavuga ko bitewe n&#8217;uko uyu musanzu wa Mituelle wiyongereye, batangije uburyo bushya bwo kwishyura mbere ibigo nderabuzima amafaranga yifashishwa kuri serivisi zihabwa abaturage.<\/p>\n\n\n\n<p>Ibi bikaba bitandukanye n\u2019uko byakorwaga mbere, aho amavuriro ngo yishyurwaga nyuma yo gutanga serivisi, rimwe na rimwe bigatinda, bikaviramo abarwayi gukererwa kuvurwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuzamura ibiciro bya Mituelle kandi ngo bigamije kongera ireme rya serivisi z\u2019ubuvuzi zihabwa abaturage, gufasha<br>amavuriro mu igenamigambi, ndetse no guharanira ko amavuriro ahorana imiti n\u2019ibindi bikoresho by\u2019ingenzi.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"682\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0003-1024x682.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3499\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0003-1024x682.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0003-300x200.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0003-768x512.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/IMG-20260226-WA0003.jpg 1280w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p><strong>Minisitiri w&#8217;Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Guverinoma yashyizeho ibyiciro bitanu by\u2019imisanzu, bishingiye ku mikoro ya buri<br>rugo nk&#8217;uko sisitemu y&#8217;imibereho mu Rwanda ibigaragaza.<\/p>\n\n\n\n<p>Icyiciro cya mbere ni abishyurirwa amafaranga 4,000 nta cyo bo bazasabwa, icyiciro cya kabiri ni abazishyura 4,000 Leta ikabongereraho amafaranga 1000, icyiciro cya gatatu akaba ari abaziyishyurira amafaranga 5,000,<br>icyiciro cya kane akaba ari abaziyishyurira amafaranga 8,000, hanyuma hakaza icyiciro cya 5 cy&#8217;abaziyishyurira amafaranga 20,000 buri muntu.<\/p>\n\n\n\n<p>RSSB ivuga ko umubare munini<br>w\u2019abanyamuryango(hejuru ya 90%) bari mu byiciro bizatanga umusanzu uri hagati ya FRW 4000 na FRW 8000Frw.<\/p>\n\n\n\n<p>RSSB iributsa abaturage kugenzura amakuru y\u2019ingo zabo kugira ngo<br>bamenye icyiciro babarizwamo.<\/p>\n\n\n\n<p>RSSB ivuga ko umuntu ukeneye amakuru arambuye yakanda *195# akagera kuri sisitemu y&#8217;imibereho, cyangwa amakuru y&#8217;ubwisungane mu kwivuza agakanda *876#, ubundi akamenya imiterere y\u2019ibyiciro bishya bijyanye n\u2019imisanzu y\u2019ubwisungane mu<br>kwivuza.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/20260226_081301-1024x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3500\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/20260226_081301-1024x1024.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/20260226_081301-300x300.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/20260226_081301-150x150.jpg 150w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/20260226_081301-768x768.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/20260226_081301-1536x1536.jpg 1536w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/02\/20260226_081301.jpg 1772w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwego rw&#8217;Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) ruvuga ko 75% ari abazatanga Mituelle itarenga 5,000Frw, bikazafasha Leta kongera ibikorwa by\u2019ubuvuzi byishingirwa na Mituweli ndetse no kunoza serivisi z\u2019ubuvuzi zihabwa abafite ubu bwisungane&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":3497,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,8,76,26],"tags":[],"class_list":["post-3496","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-imibereho","category-incamake","category-ubuzima-iyobokamana"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3496","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3496"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3496\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3503,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3496\/revisions\/3503"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3497"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3496"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3496"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3496"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}