{"id":3365,"date":"2026-01-26T08:42:16","date_gmt":"2026-01-26T08:42:16","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=3365"},"modified":"2026-01-26T08:42:16","modified_gmt":"2026-01-26T08:42:16","slug":"ingabo-za-afc-m23-zaba-zirimo-kuva-mu-bice-bitandukanye-bya-kivu-zombi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2026\/01\/26\/ingabo-za-afc-m23-zaba-zirimo-kuva-mu-bice-bitandukanye-bya-kivu-zombi\/","title":{"rendered":"Ingabo za AFC\/M23 zaba zirimo kuva mu bice bitandukanye bya Kivu zombi"},"content":{"rendered":"\n<p>Amakuru akomeje gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye avuga ko Ingabo z&#8217;umutwe wa AFC\/M23 na Twirwaneho zirimo kwivana ku bushake mu bice bitandukanye by&#8217;intara za Kivu ya Ruguru n&#8217;iy&#8217;Epfo kuva mu mpera z&#8217;iki Cyumweru gishize.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuri iki Cyumweru abasirikare benshi ba AFC\/M23 bagaragaye bivana mu duce twa Ngungu, Lumbishi, Ruzirantaka, Kamatale, Bitagata na Kabingo muri Kivu ya Ruguru. Utwo duce tukaba ndetse ngo twamaze kugeramo Ingabo za Leta(FARDC).<\/p>\n\n\n\n<p>Muri Kivu y&#8217;Epfo na ho Ingabo za AFC\/M23 ngo zavuye henshi mu kibaya cya Rusizi mu mijyi ya SANGE, LUVUNGE na KAMANYOLA, n&#8217;ubwo bitaremezwa n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;uyu mutwe cyangwa uruhande rwa Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed is-type-video is-provider-youtube wp-block-embed-youtube wp-embed-aspect-16-9 wp-has-aspect-ratio\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<iframe loading=\"lazy\" title=\"Ingabo za AFC\/M23 zaba zirimo kuva mu bice bitandukanye bya Kivu zombi\" width=\"500\" height=\"281\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/soKBRL14TrM?feature=oembed\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture; web-share\" referrerpolicy=\"strict-origin-when-cross-origin\" allowfullscreen><\/iframe>\n<\/div><\/figure>\n\n\n\n<p>Gusa umutwe wa AFC\/M23 ukomeje kwamagana ibitero uvuga ko &#8220;byibasiye abasivile bikozwe n&#8217;Ingabo za Leta(FARDC) hamwe n&#8217;abo bafatanyije barimo Wazalendo, FDLR n&#8217;Ingabo z&#8217;u Burundi(FNDB)&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p>Ahaheruka kwibasirwa n&#8217;ibi bitero by&#8217;indege zitagira abadereva(Drones) hamwe n&#8217;izitwa Sukhoi akaba ari mu duce twa Mpety na Mindjendje muri Walikale kuri iki Cyumweru tariki 25 Mutarama 2026.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku wa Gatanu w&#8217;icyumweru gishize Leta ya Kinshasa yatangaje gahunda y&#8217;uburyo izagarura ubuyobozi n&#8217;imitegekere mu bice bifitwe na AFC\/M23.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru akomeje gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye avuga ko Ingabo z&#8217;umutwe wa AFC\/M23 na Twirwaneho zirimo kwivana ku bushake mu bice bitandukanye by&#8217;intara za Kivu ya Ruguru n&#8217;iy&#8217;Epfo kuva mu&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":3366,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,76,5],"tags":[],"class_list":["post-3365","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-incamake","category-umutekano"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3365","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3365"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3365\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3367,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3365\/revisions\/3367"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3366"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3365"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3365"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3365"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}