{"id":3358,"date":"2026-01-25T22:13:34","date_gmt":"2026-01-25T22:13:34","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=3358"},"modified":"2026-01-25T22:29:20","modified_gmt":"2026-01-25T22:29:20","slug":"i-rugende-rwa-nyakaliro-abanywaga-urwagwa-baruvuyeho-baba-abacuzivideo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2026\/01\/25\/i-rugende-rwa-nyakaliro-abanywaga-urwagwa-baruvuyeho-baba-abacuzivideo\/","title":{"rendered":"I Rugende rwa Nyakaliro abanywaga urwagwa baruvuyeho baba abacuzi(video)"},"content":{"rendered":"\n<p>Urugomo rwaterwaga no kunywa inzoga zitujuje ubuziranenge i Rugende rwa Nyakaliro mu karere ka Rwamagana ubu rwabaye amateka, nyuma y&#8217;uko utubari dukuweho, urubyiruko rwabyukiraga mu businzi ruhagurukira gukora imyuga irimo ubucuzi bw&#8217;imbabura zirondereza ibicanwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Uwitwa Karemera Damasc\u00e8ne w&#8217;imyaka 45 y&#8217;amavuko, yavukiye i Nyakaliro arahakurira, ubu ni bwo atangiye kujya akora yizigamira kugira ngo ateze imbere urugo rwe, nyuma y&#8217;uko i Rugende hatakiboneka urwagwa n&#8217;izindi nzoga zitemewe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"768\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0000-1024x768.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3360\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0000-1024x768.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0000-300x225.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0000-768x576.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0000.jpg 1040w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Agira ati &#8220;Nta nzoga zikiba hano hasigaye izihenze cyane, ubu se wakwigondera primus ya 1600Frw! Ariko ni byiza kuba nta rugomo tukibona hano i Rugende nko mu myaka yashize, urwagwa, kanyanga na twa tuyoga dupfundikiye byicaga abantu bigatuma batajya mu kazi.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Karemera avuga ko kugeza ubu afite amatsinda abiri azigamamo amafaranga azamufasha gutunga urugo rwe, ubu akaba afite umwana wiga mu mashuri yisumbuye ugenda ku igare yamuguriye kandi akagira n&#8217;amatungo magufi mu rugo iwe, ndetse akaba akomeje umwuga w&#8217;ubukanishi.<\/p>\n\n\n\n<p>Hafi y&#8217;aho Karemera akorera hari agakiriro kashinzwe n&#8217;umuturage w&#8217;i Rugende wiyemeje guteza imbere urubyiruko rwaho, akaba agura ibyuma akabibaha bakabicuramo imbabura zirondereza ibicanwa, akazigurisha ku baturage hirya no hino mu masoko y&#8217;i Kigali n&#8217;i Rwamagana.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed is-type-video is-provider-youtube wp-block-embed-youtube wp-embed-aspect-4-3 wp-has-aspect-ratio\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<iframe loading=\"lazy\" title=\"Rugende rwa Nyakaliro abanywaga urwagwa baruvuyeho baba abacuzi\" width=\"500\" height=\"375\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/OAbRz5dE2Rw?feature=oembed\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture; web-share\" referrerpolicy=\"strict-origin-when-cross-origin\" allowfullscreen><\/iframe>\n<\/div><\/figure>\n\n\n\n<p>Ntawangwanabose Augustin ukuriye urwo rubyiruko avuga ko imbabura imwe ikorwa ku mafaranga igihumbi kandi buri muntu akaba ataha akoze imbabura 7 ku munsi, amafaranga yemeza ko atari make ku musore wari utunzwe no kunywera ibikomoka ku bujura.<\/p>\n\n\n\n<p>Ntawangwanabose agira ati &#8220;Aka gakiriro kahaye akazi abantu bagera kuri 80&#8221;, akaba afite ucyifuzo cy&#8217;uko umuturage wese ubishoboye yakunganira Leta mu guhangira urubyiruko imirimo nk&#8217;uko umukoresha we w&#8217;i Rugende yabigenje.<\/p>\n\n\n\n<p>Uretse ubucuzi, ubunyonzi, ubukanishi no kubumba amavaze birimo gutezwa imbere n&#8217;urubyiruko rw&#8217;i Rugende, hanakorewa ubuhinzi bushobora kubera urugero rwiza abifuza guteza imbere uwo mwuga.<\/p>\n\n\n\n<p>Igihembwe cya 4 cy&#8217;umwaka ushize wa 2025 kirangiye urugero rw&#8217;ubushomeri mu rubyiruko ruri kuri 14.1 % by&#8217;urubyiruko rwose mu Rwanda nk&#8217;uko byatangajwe n&#8217;Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare (NISR).<\/p>\n\n\n\n<p>Gusa, hari benshi NISR idashyira muri iki cyiciro kuko ngo nta muhate wo gushaka akazi baba bagaragaje.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"768\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0002-1024x768.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3361\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0002-1024x768.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0002-300x225.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0002-768x576.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0002.jpg 1040w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"768\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0001-1024x768.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3362\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0001-1024x768.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0001-300x225.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0001-768x576.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/IMG-20260126-WA0001.jpg 1040w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urugomo rwaterwaga no kunywa inzoga zitujuje ubuziranenge i Rugende rwa Nyakaliro mu karere ka Rwamagana ubu rwabaye amateka, nyuma y&#8217;uko utubari dukuweho, urubyiruko rwabyukiraga mu businzi ruhagurukira gukora imyuga irimo&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":3359,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,8,76],"tags":[],"class_list":["post-3358","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-imibereho","category-incamake"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3358","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3358"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3358\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3364,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3358\/revisions\/3364"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3359"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3358"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3358"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3358"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}