{"id":3278,"date":"2026-01-07T18:49:05","date_gmt":"2026-01-07T18:49:05","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=3278"},"modified":"2026-01-07T18:50:47","modified_gmt":"2026-01-07T18:50:47","slug":"dore-imyanzuro-yinama-nkuru-yumuryango-fpr-inkotanyi-iheruka-guterana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2026\/01\/07\/dore-imyanzuro-yinama-nkuru-yumuryango-fpr-inkotanyi-iheruka-guterana\/","title":{"rendered":"Dore imyanzuro y&#8217;Inama Nkuru y\u2019Umuryango FPR Inkotanyi iheruka guterana"},"content":{"rendered":"\n<p>Umuryango FPR Inkotanyi watangaje kuri uyu wa Gatatu, imyanzuro yafatiwe mu Nama Nkuru ya 17 yateranye ku wa 19 Ukuboza 2025, harimo kwemeza umushinga w\u2019ivugururwa ry\u2019amategeko y\u2019Umuryango FPR Inkotanyi, hamwe no gukurikiza inama za Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari na we Muyobozi Mukuru(Chairman)w&#8217;uyu muryango.<\/p>\n\n\n\n<p>Chairman wa FPR Inkotanyi avuga ko Umuryango uhora wisuzuma aho bibaye ngombwa ukivugurura, agasaba buri Munyamuryango na we guhora yisuzuma mu mikorere ye, abihuza n\u2019aho ibihe bigeze mu Rwanda no ku Isi muri rusange, kugira ngo anoze inshingano ze.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame yibukije ko muri FPR Inkotanyi, umuntu wese aba akwiriye gutekereza ku nshingano ze ku giti cye, mu bwisanzure, ariko azirikana gukorera hamwe n\u2019abandi.<\/p>\n\n\n\n<p>Ijambo ry&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu kandi ryagarutse ku kwibutsa abantu bakuru ko bagomba kwitwara neza kugira ngo babere icyitegererezo urubyiruko.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida wa Repubulika yashimangiye ko abayobozi mu nzego zose bagomba guhora batereza ku nshingano bafite zo guteza imbere imibereho y\u2019abaturage babaha serivisi bakwiye guhabwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Itangazo ry&#8217;Umuryango FPR Inkotanyi rikomeza rigira riti &#8220;Nyakubahwa Chairman yibukije ko Abanyarwanda tugomba gusigasira indangagaciro z\u2019umuco nyarwanda, twibanda cyane cyane ku kunoza imikoreshereze y\u2019ururimi rw\u2019Ikinyarwanda ndetse twimakaza n\u2019ibindi byiza biri mu muco wacu.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame kandi yasabye urubyiruko kugaragaza uruhare rwabo mu iterambere ry\u2019Igihugu, bashishikarira gufatanya n\u2019abandi gukemura ibibazo bihari, hamwe no kwirinda ingeso mbi z\u2019ubusinzi, ikoreshwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019indi myitwarire igira ingaruka ku buzima bwabo.<\/p>\n\n\n\n<p>Abanyamuryango bagejejweho ibiganiro ku kubaka umusingi uhamye w\u2019u Rwanda hamwe n&#8217;umwanya warwo mu ruhando mpuzamahanga, bakaba barabyunguranyeho ibitekerezo.<\/p>\n\n\n\n<p><strong>Kuvugurura imikorere n&#8217;imikoranire y&#8217;inzego<\/strong><\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204147-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3280\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204147-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204147-300x200.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204147-768x512.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204147-1536x1025.jpg 1536w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204147.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi<br>biyemeje gusuzuma no kuvugurura imiterere, imikorere n\u2019imikoranire by\u2019inzego kugira ngo zirusheho gutanga umusaruro, bijyanye n\u2019igihe, hagendewe ku mahame remezo n\u2019indangagaciro Umuryango FPR Inkotanyi ushingiyeho.<\/p>\n\n\n\n<p>Biyemeje kandi kurushaho kunoza imitangire ya serivisi no kwegera abaturage kugira ngo babakemurire ibibazo ku gihe, by\u2019umwihariko kurwanya akarengane, &#8220;kuko Umuryango FPR Inkotanyi ari wo nkingi y\u2019iterambere ry\u2019Igihugu.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Bemeje ishyirwaho ry\u2019Urwego rw\u2019Inararibonye rw\u2019Umuryango FPR Inkotanyi, ndetse n&#8217;ivugururwa ry\u2019inzego z\u2019amategeko y\u2019Umuryango FPR Inkotanyi. Ayo mategeko akaba agena imiterere ya Komite Nyobozi yo ku rwego rw\u2019Igihugu hongerwamo Visi Perezida wa kabiri n\u2019Umunyamabanga Mukuru Wungirije.<\/p>\n\n\n\n<p>Ayo mategeko agena kandi inshingano, imiterere n\u2019imikorere by\u2019Urwego rw\u2019Inararibonye rw\u2019Umuryango FPR Inkotanyi.<\/p>\n\n\n\n<p>Abanyamuryango batoye ku bwumvikane busesuye Abayobozi bashya muri Komite Nyobozi yo ku rwego rw\u2019Igihugu, hashingiwe ku mavugururwa yakozwe ku ngingo z\u2019amategeko, ku mwanya wa Visi Perezida wa Mbere, Visi Perezida wa Kabiri, Umunyamabanga Mukuru n\u2019Umunyamabanga Mukuru wungirije.<\/p>\n\n\n\n<p>Abo bayobozi ni Uwimana Consol\u00e9e, Visi Perezida wa Mbere, Kayisire Marie Solange, Visi Perezida wa Kabiri<br>Amb. Bazivamo Christophe, Umunyamabanga Mukuru, ndetse na Gasana Karasanyi Stephen, Umunyamabanga Mukuru Wungirije.<\/p>\n\n\n\n<p>Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi<br>biyemeje kandi kunoza ubukangurambaga mu Muryango FPR Inkotanyi hashingiwe ku mahame n\u2019indangagaciro byubaka ireme ry\u2019Abanyamuryango bose, bigafasha Igihugu gukemura ibibazo bijyanye n\u2019aho ibihe bigeze, haba mu Gihugu cyangwa ku Isi.<\/p>\n\n\n\n<p>Biyemeje kandi guhugurira abakuru kugira ngo babere urugero rwiza abato, hamwe no kuzirikana ibyo urubyiruko rukeneye mu rugendo rw\u2019iterambere.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"682\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204224-1024x682.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3281\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204224-1024x682.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204224-300x200.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204224-768x512.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204224-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_204224-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"819\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_193958-819x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3282\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_193958-819x1024.jpg 819w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_193958-240x300.jpg 240w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_193958-768x960.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_193958-1229x1536.jpg 1229w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_193958.jpg 1638w\" sizes=\"auto, (max-width: 819px) 100vw, 819px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"819\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_194009-819x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3283\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_194009-819x1024.jpg 819w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_194009-240x300.jpg 240w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_194009-768x960.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_194009-1229x1536.jpg 1229w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2026\/01\/20260107_194009.jpg 1638w\" sizes=\"auto, (max-width: 819px) 100vw, 819px\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuryango FPR Inkotanyi watangaje kuri uyu wa Gatatu, imyanzuro yafatiwe mu Nama Nkuru ya 17 yateranye ku wa 19 Ukuboza 2025, harimo kwemeza umushinga w\u2019ivugururwa ry\u2019amategeko y\u2019Umuryango FPR Inkotanyi, hamwe&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":3279,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,8,3],"tags":[157],"class_list":["post-3278","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-imibereho","category-politike","tag-imyanzuro-yinama-ya-fpr-inkotanyi"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3278","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3278"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3278\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3284,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3278\/revisions\/3284"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3279"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3278"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3278"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3278"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}