{"id":3053,"date":"2025-12-01T19:30:36","date_gmt":"2025-12-01T19:30:36","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=3053"},"modified":"2025-12-01T20:04:40","modified_gmt":"2025-12-01T20:04:40","slug":"impinduka-muri-guverinoma-dr-muligande-muri-sena-gen-kabarebe-asubiye-ku-bujyanama","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2025\/12\/01\/impinduka-muri-guverinoma-dr-muligande-muri-sena-gen-kabarebe-asubiye-ku-bujyanama\/","title":{"rendered":"Impinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama"},"content":{"rendered":"\n<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z&#8217;Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y&#8217;Ubuhinzi n&#8217;Ubworozi(MINAGRI), Dr Telesphore Ndabamenye asimbuye Dr Mark Cyubahiro Bagabe ku mwanya wa Minisitiri.<\/p>\n\n\n\n<p>Ni mu gihe Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga na yo ibonye Dr Usta Kayitesi nk&#8217;Umunyamabanga wa Leta mushya usimbuye Gen James Kabarebe wasubiye ku mwanya w&#8217;Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by&#8217;Umutekano.<\/p>\n\n\n\n<p>Dr Charles Muligande w&#8217;imyaka 67 y&#8217;amavuko, waherukaga mu buyobozi mu mwaka wa 2015 (aho yari Ambasaderi w&#8217;u Rwanda mu Buyapani muri 2011-2015) ariko mbere yaho yarari mu myanya ikomeye nko kuba yarabaye Minisitiri w&#8217;Uburezi kuva 2009-2011, Minisitiri ushinzwe imirimo y&#8217;Inama y&#8217;Abaminisitiri 2008-2009, Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga kuva muri 2002-2008, ubu yagiye kuba Umusenateri usimbura Dr Usta Kaitesi wagiye kuba Umunyamabanga wa Leta. <\/p>\n\n\n\n<p>Umunyamabanga wa Leta mushya muri MINAGRI ni Dr Solange Uwituze wari usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Ubworozi mu Kigo gishinzwe guteza Imbere Ubuhinzi n&#8217;Ubworozi(RAB).<\/p>\n\n\n\n<p>Impinduka muri MINAGRI zije zihuta kuko Dr Mark Cyubahiro Bagabe yari yagizwe Minisitiri mu mwaka ushize ku itariki 19 Ukwakira 2024. Izi mpinduka zije nyuma y&#8217;uko ibitangazamakuru bitangaje ko mu Karere ka Kayonza hari abaturage bibasiwe n&#8217;amapfa mu murenge wa Ndego hamwe no mu bice bihegereye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z&#8217;Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y&#8217;Ubuhinzi&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":3057,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,8,76,3,4,11],"tags":[],"class_list":["post-3053","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-imibereho","category-incamake","category-politike","category-ububanyi-namahanga","category-ubuhinzi"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3053","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3053"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3053\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3058,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3053\/revisions\/3058"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3057"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3053"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3053"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3053"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}