{"id":3008,"date":"2025-11-21T21:48:59","date_gmt":"2025-11-21T21:48:59","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=3008"},"modified":"2025-11-21T21:48:59","modified_gmt":"2025-11-21T21:48:59","slug":"urupfu-rwa-mutoniwase-diane-rukomeje-kwegekwa-ku-wamwokerezaga-inyama","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2025\/11\/21\/urupfu-rwa-mutoniwase-diane-rukomeje-kwegekwa-ku-wamwokerezaga-inyama\/","title":{"rendered":"Urupfu rwa Mutoniwase Diane rukomeje kwegekwa ku wamwokerezaga inyama"},"content":{"rendered":"\n<p>Urupfu rwa Mutoniwase Diane(Toni), rwazindutse ruvugwa ku wa Gatanu tariki 21 Ugushyingo 2025, aho rwabereye mu kabari k&#8217;uwo mukobwa gaherereye mu Kagari ka Gako, Umurenge wa Masaka, mu Karere ka Kicukiro, rukomeje kwegekwa kuri Ruberintwari Nelson wamwokerezaga inyama.<\/p>\n\n\n\n<p>Ruberintwari araregwa kwica Mutoniwase Diane amuciye umutwe ndetse anamuteraguye ibyuma mu nda, kubera kumufuhira ko yaba akundana n&#8217;undi musore, kuko ngo yari azi ko bazabana.<\/p>\n\n\n\n<p>Ruberintwari w&#8217;imyaka 34 y&#8217;amavuko, ntabwo ari we wari mucoma, ahubwo yari yarashatse undi mwana w&#8217;umusore amuha igishoro kugira ngo ajye akora amuverise(amuhe) amafaranga yakoreye ku munsi.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"576\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/11\/maxresdefault-1024x576.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3010\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/11\/maxresdefault-1024x576.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/11\/maxresdefault-300x169.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/11\/maxresdefault-768x432.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/11\/maxresdefault.jpg 1280w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ruberintwari ngo yari yarafashe umwanya uhagije wo gutereta Mutoniwase nk&#8217;uko yaje kumukorera ari we ashaka, ndetse na Mutoniwase na we ngo yari yarashatse umukobwa wo kumukorera.<\/p>\n\n\n\n<p>Abatangabuhamya babwiye itangazamakuru ko Mutoniwase (Toni) yishwe ahagana saa ine z&#8217;ijoro ryo ku wa Kane tariki 20 Ugushyingo 2025, aho bamusanze imbere y&#8217;akabari ke yaciwe umutwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu bimenyetso bikomeje gushinja Ruberintwari kwica Toni harimo uwo mwana w&#8217;umuhungu bakunze kwita Kabwa wamwokerezaga inyama, akaba yemeza ko yafatanyije na shebuja kwica uwo mukobwa, ndetse ngo hari ikote rye(Ruberintwari) basanze mu gishanga ryuzuyeho amaraso, ubwo yacikaga ahunga.<\/p>\n\n\n\n<p>Ruberintwari we aracyashakishwa mu gihe mucoma wamukoreraga we yatawe muri yombi, akaba afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi y&#8217;i Masaka, nk&#8217;uko byemezwa n&#8217;Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Akagari ka Gako, Mukeshimana Odette.<\/p>\n\n\n\n<p>Mukeshimana agira ati &#8220;Umuhungu wari uje kugura inzoga mu ma saa yine z&#8217;ijoro ni we wabonye umuvu w&#8217;amaraso ya Diane utemba, ahita ahamagara mucoma na Ruberintwari kuri telefone, yumva bazikuyeho.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urupfu rwa Mutoniwase Diane(Toni), rwazindutse ruvugwa ku wa Gatanu tariki 21 Ugushyingo 2025, aho rwabereye mu kabari k&#8217;uwo mukobwa gaherereye mu Kagari ka Gako, Umurenge wa Masaka, mu Karere ka&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":3009,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,76,6,5],"tags":[],"class_list":["post-3008","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-incamake","category-ubutabera","category-umutekano"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3008","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3008"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3008\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3011,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3008\/revisions\/3011"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3009"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3008"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3008"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3008"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}