{"id":2744,"date":"2025-09-08T05:52:05","date_gmt":"2025-09-08T05:52:05","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=2744"},"modified":"2025-09-08T05:54:34","modified_gmt":"2025-09-08T05:54:34","slug":"hafi-yikibuga-cyindege-cya-bujumbura-harimo-kugeragerezwa-imbunda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2025\/09\/08\/hafi-yikibuga-cyindege-cya-bujumbura-harimo-kugeragerezwa-imbunda\/","title":{"rendered":"Hafi y&#8217;ikibuga cy&#8217;indege cya Bujumbura harimo kugeragerezwa imbunda"},"content":{"rendered":"\n<p>Igisirikare cy&#8217;u Burundi(FDNB) cyatangarije abaturiye Umujyi wa Bujumbura hafi y&#8217;inkambi ya Gatumba yitwa 111 ko harimo kugeragerezwa imbunda, kubera iyo mpamvu ngo abantu ntibagomba gukeka ko hari umutekano muke muri ako gace kegereye Umujyi wa Uvira muri DRC n&#8217;ikibuga cy&#8217;indege cya Bujumbura(i Gakumbu).<\/p>\n\n\n\n<p>Umukuru w&#8217;Inkambi ya gisirikare ya 111(yo mu Gatumba), Lt Col Hatungimana Ernest, yatangarije abaturage ko hari imbunda zirimo kuziburwa (n&#8217;ubwo hari abavuga ko ari inshyashya zirimo kugeragezwa), abantu bagakeka ko ikibuga cy&#8217;indege cya Bujumbura cyatewe, aho kimaze igihe kitarimo gupfa kugwaho indege.<\/p>\n\n\n\n<p>Lt Col Hatungimana avuga ko kuri uyu wa Mbere tariki 8 Nzeri 2025 na bwo hateganyijwe igikorwa cyo kuzibura imbunda, abantu bagasabwa kutaza gukuka umutima.<\/p>\n\n\n\n<p>Amakuru akomeje gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga ni uko ikibuga cy&#8217;indege cya Bujumbura giherutse kugwaho indege za rutura zaje zizanye intwaro karahabutaka, mu rwego rwo kwitegura ibitero byakwambuka bivuye hakurya muri Uvira, Umujyi wa kabiri w&#8217;intara ya Kivu y&#8217;Epfo bivugwa ko urimo gusatirwa na AFC\/M23.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igisirikare cy&#8217;u Burundi(FDNB) cyatangarije abaturiye Umujyi wa Bujumbura hafi y&#8217;inkambi ya Gatumba yitwa 111 ko harimo kugeragerezwa imbunda, kubera iyo mpamvu ngo abantu ntibagomba gukeka ko hari umutekano muke muri&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2745,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,76,4],"tags":[96],"class_list":["post-2744","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-incamake","category-ububanyi-namahanga","tag-umutekano-bujumbura"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2744","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2744"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2744\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2746,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2744\/revisions\/2746"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2745"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2744"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2744"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2744"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}