{"id":2695,"date":"2025-08-25T18:01:00","date_gmt":"2025-08-25T18:01:00","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=2695"},"modified":"2025-08-25T18:59:58","modified_gmt":"2025-08-25T18:59:58","slug":"perezida-kagame-yahuye-nabasirikare-6000-abagenera-ubutumwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2025\/08\/25\/perezida-kagame-yahuye-nabasirikare-6000-abagenera-ubutumwa\/","title":{"rendered":"Perezida Kagame yasabye Ingabo gutegura urugamba(amafoto)"},"content":{"rendered":"\n<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba n&#8217;Umugaba w&#8217;Ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda(RDF), yaganirije abasirikare bayobora abandi(ba ofisiye) bo mu Ngabo z&#8217;Igihugu barenga 6,000 harimo n&#8217;abo muri Polisi no mu Rwego rw\u2019Igihugu rw\u2019Igorora(RCS), abasaba kwitegura urugamba.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuri uyu wa Mbere tariki 25 Kanama 2025, ni bwo aba bofisiye basoje imyitozo bari bamazemo iminsi mu kigo cya gisirikare cya Gabiro kiri mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y&#8217;Iburasirazuba.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame yatangiye abasuhuza mu rurimi rw&#8217;Igiswayire ati &#8220;Hamjambo&#8221;, ababaza niba akazi bamaze igihe bakora kameze neza, na bo bati &#8220;Ni Sawa Afande.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame avuga ko Igihugu cyanyuze mu mateka ariko &#8220;igikomeye kirimo ari uko u Rwanda rutazimira kuko nta we udufiteho uburenganzira, hari abashaka kwigira nk&#8217;aho baremye abandi, ariko niba hari abaremye abandi, abo baremye ni ab&#8217;ahandi ntabwo ari abo mu Rwanda.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame avuga ko Abanyarwanda ari bo bigenera uko babaho, ariko n&#8217;iyo haba abafite icyo babaha ngo ntabwo byaza byambura u Rwanda uburenganzira rwifiteho.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame yavuze ko ibi ari byo biha Ingabo z&#8217;u Rwanda inshingano nini yo kurinda ubusugire bw&#8217;Igihugu &#8220;kugira ngo ibirura bitabarya.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Avuga ko nta myaka itanu ishobora gushira hatabayeho ibibazo byugariza u Rwanda, ari yo mpamvu asaba Ingabo z&#8217;u Rwanda kwitegura neza urugamba zikarutsinda.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati &#8220;Abakuru b&#8217;ibihugu bajya ku ma radio n&#8217;ahandi bakavuga nta soni ko bazatera u Rwanda bakavanaho ubuyobozi, sindibuvuge byose, niba bakunda intambara bazayitware ahandi ntibazayizane ku Rwanda, bizaba bibi ku bashoje intambara ku Rwanda.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Umugaba w&#8217;Ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda yakomeje agira inama RDF gufata neza no kurondereza amikoro bahabwa, kandi intego yabo ikagerwaho.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati &#8220;Ririya sasu risohoka rigomba kugenda ryanditseho izina ry&#8217;uwo urigeneye, ugomba gufora ugahamya, kuko iyo ukoresheje isasu rimwe, abiri, atatu nta cyo uhamya haba hari ikibazo, kuko n&#8217;undi arafora.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame avuga ko ubu amasasu asigaye ahenze cyane, &#8220;aho igisasu kimwe kigurwa nk&#8217;amadolari ibihumbi bitanu, iyo uhushije umaze kurasa nk&#8217;ibisasu bitanu, ayo mikoro azava he, ubwo ni ukuvuga ngo urafasha umwanzi ushaka kugufata ari uko ayo masasu yagushiranye, ibyo ni byo mukwiriye kuba mutekereza.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Avuga ko Interahamwe, Wazalendo cyangwa Leta ya Congo, batavuga ibibi bakora ahubwo bahora bijunditse u Rwanda, bikaba ari byo bikwiye kuviramo Ingabo z&#8217;u Rwanda guhora ziteguye, kandi zigakora byinshi bidasaba amikoro y&#8217;ikirenga.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame avuga ko u Rwanda rutajya rushoza intambara keretse uwayirushojeho, ndetse ko rurenga aho rukajya kubaka amahoro mu bindi bihugu kandi ngo ruzakomeza kubikorera ababishaka, &#8216;ntabwo igisirikare cyacu ari &#8216;igicanshuro.&#8217;<\/p>\n\n\n\n<p>Uretse urugamba rw&#8217;amasasu, Perezida Kagame yasabye abagize inzego z&#8217;umutekano kurwana n&#8217;urw&#8217;amakuru y&#8217;ibihuha ahesha u Rwanda u Rwanda isura mbi(harimo aya Human Rights Watch), aho uzabikomeza na we ashobora kuraswa<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"479\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143284976.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2697\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143284976.jpg 720w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143284976-300x200.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"912\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143271932.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2698\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143271932.jpg 720w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143271932-237x300.jpg 237w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"948\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143290856.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2699\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143290856.jpg 720w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143290856-228x300.jpg 228w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"900\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143244664.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2700\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143244664.jpg 720w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143244664-240x300.jpg 240w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"479\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143252046.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2701\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143252046.jpg 720w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143252046-300x200.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"469\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143297069.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2702\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143297069.jpg 720w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/FB_IMG_1756143297069-300x195.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba n&#8217;Umugaba w&#8217;Ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda(RDF), yaganirije abasirikare bayobora abandi(ba ofisiye) bo mu Ngabo z&#8217;Igihugu barenga 6,000 harimo n&#8217;abo muri Polisi no mu Rwego rw\u2019Igihugu&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2696,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,3,5],"tags":[86,87],"class_list":["post-2695","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-politike","category-umutekano","tag-kagame","tag-rdf"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2695","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2695"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2695\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2707,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2695\/revisions\/2707"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2696"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2695"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2695"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2695"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}