{"id":2633,"date":"2025-08-20T15:50:48","date_gmt":"2025-08-20T15:50:48","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=2633"},"modified":"2025-08-21T14:28:07","modified_gmt":"2025-08-21T14:28:07","slug":"gasabo-29-bakekwaho-kwiba-mu-isoko-rya-kimironko-bafashwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2025\/08\/20\/gasabo-29-bakekwaho-kwiba-mu-isoko-rya-kimironko-bafashwe\/","title":{"rendered":"Gasabo: 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko bafashwe"},"content":{"rendered":"\n<p>Polisi y&#8217;u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yerekanye abagabo n&#8217;abasore 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko,<br>nyuma y&#8217;uko abahacururiza n&#8217;abaturage baza guhahira muri iryo isoko bagaragarije ikibazo cyo kwibasirwa n&#8217;abajura.<\/p>\n\n\n\n<p>Polisi ivuga ko yakoze ibikorwa byo gufata abo bakekwaho ubujura mu gihe cy&#8217;iminsi ibiri kuva tariki 19-20\/08\/2025, ifatanyije n\u2019izindi nzego z&#8217;umutekano hamwe n\u2019abaturage.<\/p>\n\n\n\n<p>Polisi ivuga ko hari abajura bibaga abacuruzi mu isoko rya Kimironko no mu nkengero zaho, abandi bagatega abakiriya baza guhaha bakabasaba imizigo bababwira ko babatwaje, ariko bagahita biruka bakayitwarira.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-1 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"780\" data-id=\"2635\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/Dofoto_20250820_174616047.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2635\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/Dofoto_20250820_174616047.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/Dofoto_20250820_174616047-300x229.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/Dofoto_20250820_174616047-768x585.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n\n\n\n<p>Abafashwe bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimironko kugirango bakurikiranwe, kandi ibikorwa byo gufata abasigaye ngo birakomeje.<\/p>\n\n\n\n<p>Polisi y\u2019Igihugu irashimira abaturage bagaragaje iki kibazo ndetse n\u2019abagize uruhare mu ifatwa ry\u2019aba bakekwaho ubujura, ikaba kandi yibutsa abaturage gukomeza gutanga amakuru igihe cyose hari aho babonye abakora ibikorwa by\u2019ubujura n\u2019abahungabanya umutekano n\u2019ituza ry\u2019abantu.<\/p>\n\n\n\n<p>Polisi yihanangirije abafite ingeso y\u2019ubujura bose cyane cyane abategera ahantu hahurira abantu benshi haba mu isoko cyangwa muri za gare, bagamije kwiba abahakorera n&#8217;abahagenda, ikavuga ko bitazabahira kuko &#8220;inzego z\u2019umutekano ziri maso kandi ziteguye kubafata bagahanwa.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p>Abaturage na bo baragirwa inama yo kwirinda guha imizigo abo batazi ngo babatwaze, kuko &#8216;hari ibisambo byiba byigize abakarani&#8217;.<\/p>\n\n\n\n<p>Polisi irahumuriza abajya mu masoko, muri gare n\u2019ahandi hose mu Gihugu, ko umutekano wabo n\u2019ibintu byabo urinzwe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y&#8217;u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yerekanye abagabo n&#8217;abasore 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko,nyuma y&#8217;uko abahacururiza n&#8217;abaturage baza guhahira muri iryo isoko bagaragarije ikibazo cyo kwibasirwa&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2634,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,5],"tags":[74,75],"class_list":["post-2633","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-umutekano","tag-abajura","tag-kimironko"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2633","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2633"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2633\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2636,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2633\/revisions\/2636"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2634"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2633"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2633"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2633"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}