{"id":2615,"date":"2025-08-16T13:29:23","date_gmt":"2025-08-16T13:29:23","guid":{"rendered":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/?p=2615"},"modified":"2025-08-16T13:29:25","modified_gmt":"2025-08-16T13:29:25","slug":"gasabo-ubuzima-basigaje-barabumara-bafunzwe-nyuma-yo-gufatanwa-urumogi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2025\/08\/16\/gasabo-ubuzima-basigaje-barabumara-bafunzwe-nyuma-yo-gufatanwa-urumogi\/","title":{"rendered":"\u200eGasabo: Ubuzima basigaje barabumara bafunzwe nyuma yo gufatanwa urumogi"},"content":{"rendered":"\n<p>Uwitwa Ngirabatware Ferdinand w&#8217;imyaka 35 na \u200eNyiranizeyimana Honorine w&#8217;imyaka 30, bashobora kurangiriza ubuzima bwabo mu igororero (bafunzwe) nyuma yo &#8216;gufatanywa urumogi rwari rugiye gucuruzwa.&#8217;<\/p>\n\n\n\n<p>Polisi y&#8217;Igihugu ikorera mu Mujyi wa Kigali, ivuga ko yafatanye Ngirabatware na \u200eNyiranizeyimana udupfunyika 1,144 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16\/08\/25, mu Murenge wa Jabana, ariko ngo bari bagiye kurucururiza mu Murenge wa Gisozi.<br>\u200e<br>Polisi ivuga ko \u200euru rumogi rwafatiwe i Bweramvura mu Mudugudu wa Taba, biturutse ku makuru yatanzwe n&#8217;abaturage, aho &#8220;rwari rubitswe mu nzu ya Ngirabatware, mu gihe Nyiranizeyimana we yari aje kurutwara kugira ngo ajye kuruha abakiriya be ku Gisozi, bakaba bafatiwe mu cyuho bamaze kurupakira mu mufuka.&#8221;<br>\u200e<br>\u200eAbafashwe ndetse n&#8217;urumogi bafatanywe bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jabana kugira ngo bakorerwe dosiye ijyanwa mu Bugenzacyaha RIB, ndetse ngo iperereza rirakomeje kugira ngo hamenyekane aho bakura urwo rumogi.<br>\u200e<br>\u200ePolisi y&#8217;Igihugu ishimira uruhare abaturage bakomeje kugira mu gutanga amakuru no kuyatangira ku gihe, bikaba ari &#8220;ikimenyetso cyerekana ko abaturage bamaze kumva ububi bw&#8217;ibiyobyabwenge.&#8221;<br>\u200e<br>\u200eMu Rwanda urumogi rushyirwa mu cyiciro cy&#8217;ibiyobyabwenge bihambaye, aho uhamijwe n&#8217;urukiko ibikorwa byo kubikora, kubihinga, kubihindura, kubitunda, kubibika, kubiha undi cyangwa kubigurisha mu Gihugu, ahanishwa igifungo cya burundu n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda arenze miliyoni makumyabiri (20.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni mirongo itatu (30.000.000 FRW).<br>\u200e<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery has-nested-images columns-default is-cropped wp-block-gallery-1 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\">\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"461\" height=\"1024\" data-id=\"2616\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/IMG-20250816-WA0011-461x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2616\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/IMG-20250816-WA0011-461x1024.jpg 461w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/IMG-20250816-WA0011-135x300.jpg 135w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2025\/08\/IMG-20250816-WA0011.jpg 486w\" sizes=\"auto, (max-width: 461px) 100vw, 461px\" \/><\/figure>\n<\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwitwa Ngirabatware Ferdinand w&#8217;imyaka 35 na \u200eNyiranizeyimana Honorine w&#8217;imyaka 30, bashobora kurangiriza ubuzima bwabo mu igororero (bafunzwe) nyuma yo &#8216;gufatanywa urumogi rwari rugiye gucuruzwa.&#8217; Polisi y&#8217;Igihugu ikorera mu Mujyi wa&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2617,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[1,2,5],"tags":[68,57],"class_list":["post-2615","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ahabanza","category-amakuru","category-umutekano","tag-bweramvura","tag-urumogi"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2615","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2615"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2615\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2618,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2615\/revisions\/2618"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2617"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2615"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2615"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2615"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}