{"id":2446,"date":"2025-06-19T16:41:55","date_gmt":"2025-06-19T16:41:55","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=2446"},"modified":"2025-06-19T16:41:55","modified_gmt":"2025-06-19T16:41:55","slug":"umumotari-wari-utwaye-moto-anahetse-umwana-arimo-kubazwa-icyabimuteye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2025\/06\/19\/umumotari-wari-utwaye-moto-anahetse-umwana-arimo-kubazwa-icyabimuteye\/","title":{"rendered":"Umumotari wari utwaye moto anahetse umwana arimo kubazwa icyabimuteye"},"content":{"rendered":"<p dir=\"ltr\">P<i>olisi y\u2019u Rwanda yavuze ko umumotari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo, yakoze ibitemewe, ndetse ko yatangiye kubazwa icyabimuteye.<\/i><\/p>\n<p dir=\"ltr\">Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho y\u2019umumotari uba atwaye moto mu mujyi wa Musanze mu Karere ka Musanze, anahetse umwana mu mpetso mu mugongo.<\/p>\n<p dir=\"ltr\">Ni amashusho yazamuye impaka nyinshi, bamwe bibaza kuri uyu mumotari ku cyamuteye kugenda ahetse umwana mu mugongo, abandi banabishima bavuga ko yumvise ihame ry\u2019uburinganire n\u2019ubwuzuzanye bw\u2019abagabo, ku buryo ashobora kuba yarabikoze avuye kuvuza cyangwa gukingiza umwana we.<\/p>\n<p dir=\"ltr\">Gusa ukoresha Konti yitwa Ifitiyigihaza ku rubuga nkoranyambaga rwa X, yashyizeho aya mashusho abaza polisi niba ibyakozwe n\u2019uyu mumotari byemewe.<\/p>\n<p dir=\"ltr\">Mu butumwa buherekeje aya mashusho yashyizweho n\u2019uyu ukoresha konti yitwa Ifiritiyigihaza yagize ati\u00a0<i>\u201cPolisi y\u2019u Rwanda ese ibi bintu biremewe byo gutwara moto uhetse umwana?\u201d<\/i><\/p>\n<p dir=\"ltr\">Polisi y\u2019u Rwanda mu gusubiza uyu muturage, na yo ibinyujije kuri uru rubuga nkoranyambaga rwa X, yagize iti\u00a0<i>\u201cIbyo uyu mumotari yakoze bibangamiye ubuzima bw\u2019umwana n\u2019umutekano we.\u201d<\/i><\/p>\n<p dir=\"ltr\">Polisi y\u2019u Rwanda kandi yatangaje ko uyu mumotari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo, ari kubazwa icyamuteye kubikora.<\/p>\n<p dir=\"ltr\">Inkuru ya RADIOTV10<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda yavuze ko umumotari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo, yakoze ibitemewe, ndetse ko yatangiye kubazwa icyabimuteye. Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho y\u2019umumotari uba&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2447,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-2446","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2446","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2446"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2446\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2447"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2446"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2446"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2446"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}