{"id":2443,"date":"2025-06-17T16:30:14","date_gmt":"2025-06-17T16:30:14","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=2443"},"modified":"2025-06-17T16:30:14","modified_gmt":"2025-06-17T16:30:14","slug":"polisi-yafashe-abakekwaho-kwiba-abaturage-muri-gasabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2025\/06\/17\/polisi-yafashe-abakekwaho-kwiba-abaturage-muri-gasabo\/","title":{"rendered":"Polisi yafashe abakekwaho kwiba abaturage muri Gasabo"},"content":{"rendered":"<p>Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo yafashe abantu 13 bakurikiranyweho icyaha cy\u2019ubujura, bakaba ngo bibaga abaturage mu Mirenge ya Jali na Ndera.<\/p>\n<p>Polisi ivuga ko abafashwe bategaga abaturage bakabambura babanje kubakomeretsa, abandi ngo bibaga amatungo n\u2019imyaka mu mirima.<\/p>\n<p>Mu Murenge wa Ndera mu Kagari ka Bwiza, Umudugudu wa Bucyemba na Akasemuromba hafatiwe abantu 10 bibaga amatungo n&#8217;imyaka mu mirima.<\/p>\n<p>Polisi ivuga ko amakuru yo gufata abakekwaho ubujura yatanzwe n\u2019inzego z\u2019ibanze hamwe n\u2019abaturage, aba bavugwaho ubujura bakaba bari bamaze igihe bashakishwa ariko kubera kwihisha, batinda gufatwa<\/p>\n<p>Polisi ivuga ko abafatiwe mu Murenge wa Ndera byabaye nyuma y&#8217;uko mu cyumweru gishize na bwo hafatiwe abandi barindwi.<\/p>\n<p>Mu Murenge wa Jali mu Kagari ka Buhiza, Umudugudu wa Akabande, ho hafatiwe abavugwaho ubujura babiri nyuma y\u2019uko baraye bateze umugore w\u2019imyaka 53 bamwambura telefone, bakaba bafashwe bafite inkoni n\u2019ibyuma.<\/p>\n<p>Aba bafashwe nyuma y\u2019aho ku munsi wari wabanje nabwo muri uyu Murenge hari hafatiwe undi musore na we wari wateze abaturage babiri arabambura ndetse aranabakomeretsa.<\/p>\n<p>Abafashwe bafungiye kuri sitasiyo ya Ndera na Jali, kugira ngo bakurikiranwe ku byaha bakekwaho gukora.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo yafashe abantu 13 bakurikiranyweho icyaha cy\u2019ubujura, bakaba ngo bibaga abaturage mu Mirenge ya Jali na Ndera. Polisi ivuga ko abafashwe bategaga abaturage bakabambura babanje&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2444,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-2443","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2443","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2443"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2443\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2444"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2443"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2443"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2443"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}