{"id":2113,"date":"2024-12-20T06:24:33","date_gmt":"2024-12-20T06:24:33","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=2113"},"modified":"2024-12-20T06:24:33","modified_gmt":"2024-12-20T06:24:33","slug":"zelensky-yatutse-putin","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/12\/20\/zelensky-yatutse-putin\/","title":{"rendered":"Zelensky yatutse Putin"},"content":{"rendered":"<p>Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatutse uw\u2019u Burusiya, Vladimir Putin amwita ikigoryi, nyuma y\u2019amagambo uyu uyoboye igihugu kinini ku Isi yavuze agakomeretsa ab\u2019i Kyiv.<\/p>\n<p>Ubwo ku wa 19 Ukuboza 2024 Perezida Putin yari mu kiganiro n\u2019abanyamakuru, yavuze ko ubwirinzi abo mu Burengerazuba bw\u2019Isi bahaye Ukraine mu gusenya ibisasu biyirashweho, bufite ubushobozi bwo hasi ugereranyije n\u2019igisasu cy\u2019u Burusiya cyiswe Oreshnik, gishobora kugendera ku muvuduko ukubye uw\u2019ijwi nshuro 10.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru IGIHE dukesha iyi nkuru kivuga ko Mu gukomeza gukina ku mubyimba Ukraine, Putin yavuze ko niba hari abashidikanya, habaho igerageza, ni ukuvuga akarashisha Ukraine icyo gisasu harebwa ko ubwo bwirinzi bwagikumira.<\/p>\n<p>Putin ati \u201cReka iryo gerageza rizabere kuri Kyiv, hanyuma bakusanye ubwirinzi bwabo maze tubagabeho igitero dukoresheje Oreshnik, turebe ikiza kuba. Twe turiteguye kuri iryo gerageza, yewe n\u2019uyu munsi ntacyo bitwaye. Ese bo bariteguye?\u201d<\/p>\n<p>Perezida Putin yavuze ko iryo gerageza ryabera aho ari ho hose, avuga ko yahisemo Kyiv kuko ari ho hari ubwirinzi bukomeye, Ukraine yahawe n\u2019abo mu Burengerazuba bw\u2019Isi<\/p>\n<p>Ni amagambo yababaje, Zelensky maze na we atazuyaje yita uwo bahanganye mu ntambara \u201cdumbass,\u201d ijambo risobanura ikigoryi, cyangwa utangira ubwenge.<\/p>\n<p>Ati \u201cAbantu bari gupfa we [Perezida Putin] akumva ko bishimishije, igikoryi gusa.\u201d<\/p>\n<p>Ako kanya Ibiro bya Perezida w\u2019u Burusiya byahise bisubiza iyo mvugo ya Zelensky, maze Umuvugizi wabyo, Dmitry Peskov agira ati \u201cBiragaragara ko amarangamutima yamurenze. Kwigenzura byamunaniye none yatangiye kumera nk\u2019inka yica.\u201d<\/p>\n<p>Peskov kandi yanenze Zelensky ko aherutse gutuka na Minisitiri w\u2019Intebe wa Hongrie wari wagaragaje ubushake bwo kunga ibyo bihugu biri mu ntambara.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-2115\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/12\/putin-1-a69df.jpg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"563\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/12\/putin-1-a69df.jpg 1000w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/12\/putin-1-a69df-300x169.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/12\/putin-1-a69df-768x432.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1000px) 100vw, 1000px\" \/><\/p>\n<p>Perezida w&#8217;u Burusiya Vladimir Putin yakinnye ku mubyimba abo muri Ukraine ababwira ko intwaro zabo ziciriritse.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatutse uw\u2019u Burusiya, Vladimir Putin amwita ikigoryi, nyuma y\u2019amagambo uyu uyoboye igihugu kinini ku Isi yavuze agakomeretsa ab\u2019i Kyiv. Ubwo ku wa 19 Ukuboza 2024&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2116,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-2113","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2113","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2113"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2113\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2116"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2113"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2113"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2113"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}