{"id":2073,"date":"2024-11-09T10:05:01","date_gmt":"2024-11-09T10:05:01","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=2073"},"modified":"2024-11-09T10:05:01","modified_gmt":"2024-11-09T10:05:01","slug":"umugaba-mukuru-wa-rdf-nabarinda-perezida-wa-repubulika-batanze-amaraso","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/11\/09\/umugaba-mukuru-wa-rdf-nabarinda-perezida-wa-repubulika-batanze-amaraso\/","title":{"rendered":"Umugaba mukuru wa RDF n&#8217;abarinda Perezida wa Repubulika batanze amaraso"},"content":{"rendered":"<p>Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, cyashimiye Umugaba Mukuru w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda(RDF) hamwe n&#8217;Umutwe ushinzwe kurinda Umukuru w&#8217;Igihugu (Republican Guards), kuba bitabiriye gahunda amaraso ku bayakeneye.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Ikigo gishizwe gutanga amaraso muri RBC, Dr Muyombo Thomas, akaba ari n&#8217;umuhanzi uzwi ku izina rya Tom Close, yanditse ku rubuga rwa X ashimira ingabo z&#8217;Igihugu(RDF) ziyobowe na Gen Mubarakh Muganga, kubera kwitabira gutanga amaraso.<\/p>\n<p>Dr Muyombo yagize ati &#8220;Nyuma yo gukora ibishoboka byose ngo igihugu cyacu gitekane, bongeraho no gutuma ubuzima bwacu budahungabana, bagatanga amaraso atangwa kwa muganga.&#8221;<\/p>\n<p>Dr Muyombo yakomeje agira ati &#8220;Afande CDS wa RDF hamwe n&#8217;Ingabo za RDF muri RepublicanGuard mwarakoze, ejo mwongeye kurengera abarwayi. Muri INTWARI byahamye!&#8221;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikigo gishinzwe Ubuzima mu Rwanda, RBC, cyashimiye Umugaba Mukuru w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda(RDF) hamwe n&#8217;Umutwe ushinzwe kurinda Umukuru w&#8217;Igihugu (Republican Guards), kuba bitabiriye gahunda amaraso ku bayakeneye. Umuyobozi w\u2019Ikigo gishizwe gutanga&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2074,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-2073","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2073","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2073"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2073\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2074"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2073"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2073"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2073"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}