{"id":2069,"date":"2024-11-01T18:51:15","date_gmt":"2024-11-01T18:51:15","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=2069"},"modified":"2024-11-01T18:51:15","modified_gmt":"2024-11-01T18:51:15","slug":"2069","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/11\/01\/2069\/","title":{"rendered":"Huye: Umugabo yakubiswe ifuni agiye gusambana"},"content":{"rendered":"<p>Uwitwa Emmanuel Mutunzi w&#8217;imyaka 55 y&#8217;amavuko, wari utuye mu Murenge wa Karama wo mu Karere ka Huye, yitabye Imana azize gukubitwa ifuni n&#8217;umusore witwa Ren\u00e9 Iradukunda w&#8217;imyaka 19 y&#8217;amavuko wari umubonye agiye gusambana na nyina.<\/p>\n<p>Amakuru dukesha Kigali Today avuga ko ibi byamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2024, mu mudugudu wa Rugege, Akagari ka Muhembe, Umurenge wa Karama mu Karere ka Huye.<\/p>\n<p>Emmanuel Mutunzi, yitabye Imana agiye gusambanya umugore w&#8217;umupfakazi witwa Gr\u00e2ce Yankurije w&#8217;imyaka 43, aho Iradukunda, umuhungu w&#8217;uwo mugore yamubonye mu rugo iwabo akamukubita ifuni mu mutwe, undi ahita yitaba Imana.<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Karama, Constantin Kalisa, yemeje iby&#8217;ayo makuru ko ari byo, kandi ko uwishe nyakwigendera yafashwe akaba ari mu maboko y&#8217;Ubugenzacyaha.<\/p>\n<p>Kalisa yageneye ubutumwa abaturage ayobora abasaba kwirinda kwihanira, kandi ko abubatse ingo bagomba kureka guca inyuma abo bashakanye.<br \/>\nYanihanganishije umuryango wabuze uwabo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwitwa Emmanuel Mutunzi w&#8217;imyaka 55 y&#8217;amavuko, wari utuye mu Murenge wa Karama wo mu Karere ka Huye, yitabye Imana azize gukubitwa ifuni n&#8217;umusore witwa Ren\u00e9 Iradukunda w&#8217;imyaka 19 y&#8217;amavuko wari&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2070,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-2069","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2069","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2069"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2069\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2070"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2069"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2069"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2069"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}