{"id":2059,"date":"2024-10-28T15:42:36","date_gmt":"2024-10-28T15:42:36","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=2059"},"modified":"2024-10-28T15:42:36","modified_gmt":"2024-10-28T15:42:36","slug":"umujyi-wo-mu-burusiya-waciye-imyambaro-ya-kisilamu-mu-mashuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/10\/28\/umujyi-wo-mu-burusiya-waciye-imyambaro-ya-kisilamu-mu-mashuri\/","title":{"rendered":"Umujyi wo mu Burusiya waciye imyambaro ya kisilamu mu mashuri"},"content":{"rendered":"<p>Abayobozi bo mu mujyi wa Vladimir uherereye mu Burasirazuba bw\u2019Umurwa Mukuru Moscow mu Burusiya, babujije abanyeshuri kwambara imyambaro ifite aho ihuriye n\u2019imyemerere mu gihe bari ku ishuri.<\/p>\n<p>Inkuru yatangajwe na IGIHE ivuga ko abarebwa cyane n\u2019iri bwiriza ni abayisilamu, aho batemerewe kwambara ibitambaro bipfuka mu maso cyangwa mu mutwe bizwi nka \u2019hijabs\u2019 cyangwa \u2019niqabs\u2019.<\/p>\n<p>Minisiteri ishinzwe uburezi muri ako gace, yatangaje ko ari uburyo bwo kugenzura imyitwarire myiza y\u2019abanyeshuri.<\/p>\n<p>Bavuze ko bigamije kubahiriza Itegeko Nshinga ry\u2019u Burusiya, rigena ko mu bigo bya Leta hatagomba kuvangwamo ibijyanye n\u2019imyemerere.<\/p>\n<p>Aka gace ka Vladimir kashyiriweho iri bwiriza, gatuwe na 1% bari mu idini ya Islam.<\/p>\n<p>By Jean de Dieu UDAHEMUKA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abayobozi bo mu mujyi wa Vladimir uherereye mu Burasirazuba bw\u2019Umurwa Mukuru Moscow mu Burusiya, babujije abanyeshuri kwambara imyambaro ifite aho ihuriye n\u2019imyemerere mu gihe bari ku ishuri. Inkuru yatangajwe na&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":2060,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-2059","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2059","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2059"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2059\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2060"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2059"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2059"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2059"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}