{"id":1957,"date":"2024-10-14T20:27:05","date_gmt":"2024-10-14T20:27:05","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1957"},"modified":"2024-10-14T20:27:05","modified_gmt":"2024-10-14T20:27:05","slug":"irimbi-rya-nyamirambo-ryafunzwe-ku-ryuzuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/10\/14\/irimbi-rya-nyamirambo-ryafunzwe-ku-ryuzuye\/","title":{"rendered":"Irimbi rya Nyamirambo ryafunzwe kuko ryuzuye"},"content":{"rendered":"<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, Uwera Claudine, yandikiye umuyobozi w&#8217;Ikigo RIP Company gishinzwe imicungire y&#8217;irimbi ry&#8217;i Nyamirambo, amusaba guhagarika kuhashyingura guhera ku wa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024.<\/p>\n<p>Gitifu wa Nyamirambo avuga ko bakoze igenzura bagasanga icyo kigo gisigaye gishyingura abantu bitabye Imana mu mbago z&#8217;umuhanda kuko cyabuze ahandi cyashyingura, nyuma y&#8217;uko huzuye.<\/p>\n<p>Hari hashize igihe abantu bamwe banenga ko icyo kigo cyagiye gishyingura abapfuye hejuru y&#8217;abandi bapfuye mbere yaho, bitewe n&#8217;uko imva bacukuraga umwobo utarengeje metero imwe y&#8217;ubujyakuzimu, mu gihe Itegeko riteganya metero ebyiri.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-1960\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/10\/20241014_221043-1.jpg\" alt=\"\" width=\"471\" height=\"1020\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/10\/20241014_221043-1.jpg 471w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/10\/20241014_221043-1-139x300.jpg 139w\" sizes=\"auto, (max-width: 471px) 100vw, 471px\" \/><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, Uwera Claudine, yandikiye umuyobozi w&#8217;Ikigo RIP Company gishinzwe imicungire y&#8217;irimbi ry&#8217;i Nyamirambo, amusaba guhagarika kuhashyingura guhera ku wa Mbere tariki 14&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1959,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1957","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1957","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1957"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1957\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1959"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1957"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1957"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1957"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}