{"id":1778,"date":"2024-09-29T18:59:53","date_gmt":"2024-09-29T18:59:53","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1778"},"modified":"2024-09-29T18:59:53","modified_gmt":"2024-09-29T18:59:53","slug":"marburg-gusezera-ku-witabye-imana-mu-rugo-no-mu-rusengero-byabujijwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/29\/marburg-gusezera-ku-witabye-imana-mu-rugo-no-mu-rusengero-byabujijwe\/","title":{"rendered":"Marburg: Gusezera ku witabye Imana mu rugo no mu rusengero byabujijwe"},"content":{"rendered":"<p>Minisiteri y&#8217;Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho amabwiriza abuza Abaturarwanda gukorera imihango yo gusezera ku witabye Imana mu rugo, mu rusengero cyangwa mu musigiti, mu rwego rwo kwirinda indwara ya Marburg.<\/p>\n<p>Itangazo MINISANTE yasohoye kuri iki cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, rivuga ko iyo mihango izajya ibera ku bitaro ahabugenewe, kandi izitabirwa n\u2019abantu bagenwe.<\/p>\n<p>MINISANTE ivuga ko igihe uwapfuye yazize Marburg, nta kiriyo gikorwa gihuza abantu benshi mu rugo<br \/>\nkugira ngo hirindwe ikwirakwira ry&#8217;icyorezo ku bagize umuryango n&#8217;ababatabara, kandi ko gushyingura uwazize Marburg byitabirwa n\u2018abantu batarenze 50.<\/p>\n<p>Itangazo rya MINISANTE rivuga ko mu rwego rwo kwirinda ubucucike mu mavuriro, muri iyi minsi, gusura abarwayi mu mavuriro yose bibaye bisubitswe mu gihe cy&#8217;iminsi 14, umurwayi akaba yemerewe kugira umurwaza umwe ushobora gusimburwa.<\/p>\n<p>Amavuriro yose kandi asabwa kugena uburyo bwihariye bwo kwakira abaje bagaragaza ibimenyetso bisa n&#8217;ibya Marburg, hakoreshwa uburyo bwo kwirinda bwagenwe bwitwa \u201cIPC\u201d.<\/p>\n<p>MINISANTE isaba Abaturarwanda bose gukomeza imirimo yabo nk&#8217;uko bisanzwe ariko bakita ku isuku no gukaraba intoki n&#8217;amazi meza n&#8217;isabune, kandi bakirinda kwegerana cyane no gukora ku muntu wagaragaje ibimenyetso.<\/p>\n<p>Kugeza ubu ibimenyetso by&#8217;ingenzi biranga uburwayi bwa Marburg harimo umuriro ukabije, kubabara umutwe bikabije, kubabara imikaya, gucibwamo no kuruka.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-1780\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/IMG-20240929-WA0178.jpg\" alt=\"\" width=\"1648\" height=\"2048\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/IMG-20240929-WA0178.jpg 1648w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/IMG-20240929-WA0178-241x300.jpg 241w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/IMG-20240929-WA0178-824x1024.jpg 824w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/IMG-20240929-WA0178-768x954.jpg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/IMG-20240929-WA0178-1236x1536.jpg 1236w\" sizes=\"auto, (max-width: 1648px) 100vw, 1648px\" \/><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisiteri y&#8217;Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho amabwiriza abuza Abaturarwanda gukorera imihango yo gusezera ku witabye Imana mu rugo, mu rusengero cyangwa mu musigiti, mu rwego rwo kwirinda indwara ya Marburg. Itangazo MINISANTE&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1779,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2,26],"tags":[],"class_list":["post-1778","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubuzima-iyobokamana"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1778","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1778"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1778\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1779"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1778"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1778"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1778"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}