{"id":1743,"date":"2024-09-28T09:10:17","date_gmt":"2024-09-28T09:10:17","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1743"},"modified":"2024-09-28T09:10:17","modified_gmt":"2024-09-28T09:10:17","slug":"tedros-wa-oms-yemereye-u-rwanda-ubufasha-bwo-guhangana-na-marburg","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/28\/tedros-wa-oms-yemereye-u-rwanda-ubufasha-bwo-guhangana-na-marburg\/","title":{"rendered":"Tedros wa OMS yemereye u Rwanda ubufasha bwo guhangana na Marburg"},"content":{"rendered":"<p>Umuyobozi Mukuru w&#8217;Ishami ry&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye rishinzwe Ubuzima ku Isi(WHO), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus arizeza u Rwanda ko uwo muryango ugiye kongera ubufasha utanga kugira ngo rubashe guhangana n&#8217;icyorezo cya Marburg.<\/p>\n<p>U Rwanda ruri mu bihugu 115 byo hirya no hino ku Isi bihabwa inkunga ya WHO yo guteza imbere ubuvuzi bw&#8217;ibanze kuri bose (Universal Health Coverage\/UHC Partnership) kandi bwegereye abaturage, ikaba yarafashije u Rwanda kwegereza abaturage ibigo nderabuzima n&#8217;ibigo by&#8217;ubuvuzi(Health posts).<\/p>\n<p>Ni gahunda irimo abafatanyabikorwa benshi barimo ibihugu n&#8217;imiryango mpuzamahanga nk&#8217;Umuryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;u Burayi(EU), Ubwami bwa Luxembourg, Inkunga ituruka kuri Ireland(Irish Aid), u Buyapani, u Bufaransa, u Bwongereza, u Bubiligi, Canada, u Budage, Umuryango Commonwealth hamwe na Susan Thompson Buffett Foundation. <img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-1746\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/Screenshot_20240928-095211_1-1.jpg\" alt=\"\" width=\"665\" height=\"523\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/Screenshot_20240928-095211_1-1.jpg 665w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/Screenshot_20240928-095211_1-1-300x236.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 665px) 100vw, 665px\" \/><\/p>\n<p>Dr Tedros yanditse ku rubuga rwa X agira ati &#8220;Minisiteri y&#8217;Ubuzima mu Rwanda yavuze ko hari abagaragaweho na Marburg. WHO irimo kongera ubufasha kandi izakorana na Leta y&#8217;u Rwanda mu guhagarika ikwirakwira ry&#8217;iyo virusi hamwe no kurinda abaturage bari mu byago.&#8221;<\/p>\n<p>Umuryango WHO uvuga ko indwara ya Marburg ifite ubukana bwo guhitana abarenga 88% mu bayanduye iyo batihutiye kugezwa kwa muganga, ukaba ushima u Rwanda ko rwageze kuri gahunda ya UHC y&#8217;uko umurwayi aho yaba aherereye hose mu Gihugu adashobora kurenza iminota 24 ataragezwa aho ashobora kwitabwaho.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi Mukuru w&#8217;Ishami ry&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye rishinzwe Ubuzima ku Isi(WHO), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus arizeza u Rwanda ko uwo muryango ugiye kongera ubufasha utanga kugira ngo rubashe guhangana n&#8217;icyorezo cya Marburg.&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1744,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2,26],"tags":[],"class_list":["post-1743","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubuzima-iyobokamana"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1743","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1743"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1743\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1744"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1743"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1743"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1743"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}