{"id":1723,"date":"2024-09-25T10:41:52","date_gmt":"2024-09-25T10:41:52","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1723"},"modified":"2024-09-25T10:41:52","modified_gmt":"2024-09-25T10:41:52","slug":"niwe-nshuti-ya-mbere-ngira-mu-buzima-nizzo-kaboss-agaruka-ku-nkumi-ivugwaho-kumutwara-umutima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/25\/niwe-nshuti-ya-mbere-ngira-mu-buzima-nizzo-kaboss-agaruka-ku-nkumi-ivugwaho-kumutwara-umutima\/","title":{"rendered":"&#8220;Niwe nshuti ya mbere ngira mu buzima\u2019: Nizzo Kaboss agaruka ku nkumi ivugwaho kumutwara  umutima"},"content":{"rendered":"<p>Nizzo Kaboss abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yongeye gushyira ku mbuga nkoranyambaga ifoto y\u2019inkumi yitwa Mwiza Jessica bigeze kuvugwa mu rukundo, nubwo uyu muhanzi we ahamya ko ari inshuti ye gusa.<\/p>\n<p>Mu kiganiro na IGIHE, Nizzo Kaboss yavuze ko yabikoze kuko yari yibutse uburyo uyu mukobwa yamubereye inshuti idasanzwe mu buzima.<\/p>\n<p>Ati \u201cIkintu kimwe nakubwira, Jessica ni inshuti yanjye ya mbere nagize mu buzima bwanjye. Hari ukuntu wicara ugatekereza ukuntu ari inshuti yawe ukisanga ubisangije n\u2019inshuti zawe.\u201d<\/p>\n<p>Abajijwe niba ari ubucuti busanzwe cyangwa haba hari urukundo hagati yabo nk\u2019uko bimaze imyaka bivugwa, Nizzo yirinze kugira byinshi abivugaho, icyakora ashimangira ko ari inshuti ye ikomeye.<\/p>\n<p>Urukundo rwa Nizzo na Mwiza Jessica rwatangiye kuvugwa kuva mu 2016 nubwo uyu muhanzi ataburaga kunyuzamo akavugwa mu nkuru n\u2019izindi nkumi, kuva icyo gihe nta n\u2019umwe muri bo wigeze ashaka kugira byinshi aruvugaho.<\/p>\n<p>Muri iyo myaka byavuzwe ko Nizzo afite umukunzi mushya witwa Nisingizwe Solange uba mu Busuwisi, icyakora umubano wabo uzamo agatotsi bitewe n\u2019uburyo uyu muhanzi yafotowe agirana ibihe byiza n\u2019undi uzwi nka Bijou Dabijou ukora ubucuruzi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda akaza mu Rwanda mu gihe cyo kuruhuka.<\/p>\n<p>Amateka y\u2019urukundo kuri Nizzo ntarangirira kuri aba kuko uyu musore yigeze no kukanyuzaho na Anita Pendo na Sacha Kate.<img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-1724\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/jessica-3-8449b.jpg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"1220\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/jessica-3-8449b.jpg 1000w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/jessica-3-8449b-246x300.jpg 246w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/jessica-3-8449b-839x1024.jpg 839w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/jessica-3-8449b-768x937.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1000px) 100vw, 1000px\" \/><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-1725\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/423859509_739031888167050_3891684396367739361_n-e874e.jpg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"1249\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/423859509_739031888167050_3891684396367739361_n-e874e.jpg 1000w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/423859509_739031888167050_3891684396367739361_n-e874e-240x300.jpg 240w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/423859509_739031888167050_3891684396367739361_n-e874e-820x1024.jpg 820w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/423859509_739031888167050_3891684396367739361_n-e874e-768x959.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1000px) 100vw, 1000px\" \/><\/p>\n<p>Mwiza Jessica yatangiye kuvugwa mu rukundo na Nizzo mu 2016<img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-1726\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/happy_me-6db6e.jpg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"1249\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/happy_me-6db6e.jpg 1000w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/happy_me-6db6e-240x300.jpg 240w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/happy_me-6db6e-820x1024.jpg 820w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/happy_me-6db6e-768x959.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1000px) 100vw, 1000px\" \/><\/p>\n<p>ubwo Nizzo atabyemera ariko ababazi bahamya ko hari urukundo hagati ye na Mwiza Jessica.<\/p>\n<p>Source: IGIHE<\/p>\n<p>By Jean de Dieu UDAHEMUKA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nizzo Kaboss abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yongeye gushyira ku mbuga nkoranyambaga ifoto y\u2019inkumi yitwa Mwiza Jessica bigeze kuvugwa mu rukundo, nubwo uyu muhanzi we ahamya ko ari inshuti ye&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1727,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1723","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1723","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1723"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1723\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1727"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1723"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1723"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1723"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}