{"id":1720,"date":"2024-09-25T07:05:30","date_gmt":"2024-09-25T07:05:30","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1720"},"modified":"2024-09-25T07:05:30","modified_gmt":"2024-09-25T07:05:30","slug":"kenya-pasiteri-yerekanye-umugore-mushya-yashatse-abagore-700-bava-mu-rusengero","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/25\/kenya-pasiteri-yerekanye-umugore-mushya-yashatse-abagore-700-bava-mu-rusengero\/","title":{"rendered":"Kenya: Pasiteri yerekanye umugore mushya yashatse, abagore 700 bava mu rusengero"},"content":{"rendered":"<p>Pasiteri James Ng\u2019ang\u2019a uzwi cyane mu bakunda kwigisha ijambo ry\u2019Imana babinyujije kuri televiziyo, ndetse akaba ari we washinze Itorero rya \u2018Neno Evangelism\u2019 muri Kenya, yatangaje ko abagore 700 bimutse bakava mu rusengero rwe nyuma y\u2019uko aberetse umugore we mushya yashatse witwa Murugi Maina.<br \/>\nBwa mbere yatangaje ko muri rusange yatakaje abakirisitu basaga 400, biturutse ku kuba yari yerekanye umugore we mushya mu rusengero.<\/p>\n<p>Nyuma uwo mushumba w\u2019itorero yaje, gutangaza ko abagore 700 ari bo bavuye mu rusengero icyarimwe, bakibona uwo mugore we mushya, barakajwe n\u2019uko atari bo yahisemo ngo abashake, kuko buri wese muri abo bagore ngo yabaga yibwira ko ari we azahitamo.<\/p>\n<p>Nubwo bimeze bityo ariko, Pasiteri Ng\u2019ang\u2019a yagumye ku cye, avuga ko abo bagiye bakomeza bakaguye iyo bagiye niba badashobora kubahiriza icyemezo cye n\u2019amahitamo ye.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019uko uwo mushumba w\u2019Itorero Neno Evangelism yari yarapfushije, yasezeranye n\u2019undi mugore mushya mu rwego rwo kwishumbusha, hanyuma agashaka kumwerekana mu rusengero rwe, avuga ko ibyo ngo byarakaje cyane bamwe mu bakirisitu be, bituma abo bagore 700 bava mu rusengero rwe.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru Tuko cy\u2019aho muri Kenya cyanditse ko Pasiteri Ng\u2019ang\u2019a aganira n\u2019abakirisitu be bakiri muri urwo rusengero yahishuye ko mu bagore barakaye bakava mu rusengero rwe, harimo na bamwe bari bafite imirimo mu rusengero, bakaba baragiye bakimenya ko yamaze kubona undi mugore mushya. Kuko buri wese muri bo ngo yabaga afite icyizere ko azamushaka, akurikije urwego ariho ndetse no kuba ari umukire cyane ndetse akaba n\u2019umuyobozi w\u2019itorero.<\/p>\n<p>Yagize ati, &#8221; Mu gihe nari nshatse gushaka umugore wanjye, iri torero ryahuye n\u2019ikibazo gikomeye. Itorero ryari ryuzuye cyane. Abagore benshi baruzuraga. Kubera ko iyo ufite amavuta, ukaba ubufite n\u2019ubukire, abagore baza mu buzima bwawe. Barahari ahantu hose. Ubwo rero umunsi nerekanye umugore wanjye, unyizere cyangwa ubireke, ariko nakubwira ko abagore 700, bahagaze ntibakomeza kuza mu rusengero, batangira kugendera kure\u201d<\/p>\n<p>Yongeyeho ati \u201cBari babizi ko umugore wanjye wa mbere yapfuye, bafite icyizere ko wenda nzabahitamo, n\u2019abamfashaga imirirmo mu itorero baragiye, bibaza impamvu ntabahisemo. Natakaje abantu basaga 400\u2026, ndahagarara ndavuga nti nibagende, bamwe bakavuga ko ari uwanjye atari uw\u2019Imana, abandi bo bavuze ko ari umwana\u2026\u201d.<\/p>\n<p>Source: Kigali to day<\/p>\n<p><strong>By Jean de Dieu UDAHEMUKA\u00a0<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Pasiteri James Ng\u2019ang\u2019a uzwi cyane mu bakunda kwigisha ijambo ry\u2019Imana babinyujije kuri televiziyo, ndetse akaba ari we washinze Itorero rya \u2018Neno Evangelism\u2019 muri Kenya, yatangaje ko abagore 700 bimutse bakava&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1721,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1720","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1720","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1720"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1720\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1721"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1720"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1720"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1720"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}