{"id":1710,"date":"2024-09-24T07:41:03","date_gmt":"2024-09-24T07:41:03","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1710"},"modified":"2024-09-24T07:41:03","modified_gmt":"2024-09-24T07:41:03","slug":"trump-yatangaje-ko-natsindwa-amatora-atazongera-kwiyamamaza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/24\/trump-yatangaje-ko-natsindwa-amatora-atazongera-kwiyamamaza\/","title":{"rendered":"Trump yatangaje ko natsindwa amatora atazongera kwiyamamaza"},"content":{"rendered":"<p>Donald Trump, wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika wa 45, yatangaje ko naramuka atsinzwe amatora y\u2019Umukuru w\u2019Igihugu ateganyijwe mu Ugushyingo uyu mwaka atazongera kwiyamamaza mu ya 2028.<br \/>\nTrump w\u2019imyaka 78, uri kwiyamamariza umwanya wa Perezida mu ishyaka ry\u2019Abarepubulikani, amaze kuba umukandida mu matora inshuro eshatu (3).<\/p>\n<p>Trump ubwo yari mu kiganiro n\u2019ikinyamakuru cyitwa Sinclair Media Group, yabajijwe niba ateganya kongera kwiyamamaza ubwo yaba atsinzwe n\u2019uwo bahanganye kugea ubu, Visi Perezida Kamala Harris, umukandida w\u2019ishyaka ry\u2019Abademokarate.<\/p>\n<p>Yasubije ko atabitekanya kuko atekereza ko bizaba birangiye, gusa yongeraho ko ishyaka rye ryizeye intsinzi muri aya matora azaba mu Ugushyingo.<\/p>\n<p>Mu busanzwe amategeko y\u2019Amerika, ntiyemerera Umukuru w\u2019Igihugu kuyobora manda zirenze ebyiri, bityo nubundi Trump wayoboye Amerika manda imwe ndetse akaba yizeye intsinzi, aramutse ayegukanye ntabwo yaba yemerewe kwiyamamaza mu 2028.<\/p>\n<p>Source: Kigali to day<\/p>\n<p>By Jean de Dieu UDAHEMUKA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Donald Trump, wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika wa 45, yatangaje ko naramuka atsinzwe amatora y\u2019Umukuru w\u2019Igihugu ateganyijwe mu Ugushyingo uyu mwaka atazongera kwiyamamaza mu ya 2028. Trump&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1711,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1710","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1710","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1710"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1710\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1711"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1710"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1710"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1710"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}