{"id":1707,"date":"2024-09-22T16:10:08","date_gmt":"2024-09-22T16:10:08","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1707"},"modified":"2024-09-22T16:10:08","modified_gmt":"2024-09-22T16:10:08","slug":"umukecuru-yahanganye-ninzoka-ya-metero-enye-rubura-gica","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/22\/umukecuru-yahanganye-ninzoka-ya-metero-enye-rubura-gica\/","title":{"rendered":"Umukecuru yahanganye n\u2019inzoka ya metero enye rubura gica"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihugu cya Thailand, Umukecuru witwa Arom Arunroj w\u2019imyaka 64 y\u2019amavuko yahanganye n\u2019inzoka ipima metero enye n\u2019ibiro 20, rubura gica ubwo yari yamusagariye.<\/p>\n<p>Uyu mukecuru yatangaje ko hari mu masaha ya Saa Mbiri z\u2019ijoro ubwo yari iwe ari koga, inzoka nini yo mu bwoko bwa \u2018Python\u2019, akayisanga mu bwongero.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201d Narebye icyo kintu, mbona n\u2019inzoka.\u201d<\/p>\n<p>Yasobanuye ko iyo nzoka yaje guhita imwizingiraho, agatangira guhangana nayo atabaza ariko ntihagira umwumva.<\/p>\n<p>Ku bw\u2019amahirwe nyuma y\u2019amasaha abiri, ahangana nayo yamurumaguye umubiri yawugize ibikomere gusa, umuturanyi we yaje kumwumva, ahamagaza ubutabazi.<\/p>\n<p>Umupolisi wo mu gace ka Samut Prakan, Sgt Maj Anusorn Wongmali, yabwiye Itangazamakuru ko uyu mukecuru yatabawe akajyanwa kwa muganga, umubiri wuzuye ibikomero by\u2019aho inzoka yamurumye.<\/p>\n<p>Thailand ni kimwe mu gihugu kibamo inzoka nyinshi.<\/p>\n<p>Raporo y\u2019inzego z\u2019ubuzima zaho yo mu 2023, yerekanaga ko abantu 12,000 bavuwe ubumara bw\u2019inzoka mu gihe abandi 26 bishwe no kurumwa na zo.<\/p>\n<p><strong>By Jean de Dieu UDAHEMUKA\u00a0<\/strong><\/p>\n<p>Source: Umuseke.rw<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihugu cya Thailand, Umukecuru witwa Arom Arunroj w\u2019imyaka 64 y\u2019amavuko yahanganye n\u2019inzoka ipima metero enye n\u2019ibiro 20, rubura gica ubwo yari yamusagariye. Uyu mukecuru yatangaje ko hari mu masaha&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1708,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1707","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1707","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1707"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1707\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1708"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1707"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1707"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1707"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}