{"id":1687,"date":"2024-09-18T20:00:52","date_gmt":"2024-09-18T20:00:52","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1687"},"modified":"2024-09-18T20:00:52","modified_gmt":"2024-09-18T20:00:52","slug":"irani-na-hezbollah-barashinja-israel-ko-ari-yo-yashwanyuje-ibyuma-byitumanaho-bya-hezbollah","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/18\/irani-na-hezbollah-barashinja-israel-ko-ari-yo-yashwanyuje-ibyuma-byitumanaho-bya-hezbollah\/","title":{"rendered":"Irani na Hezbollah barashinja Israel ko ari yo yashwanyuje ibyuma by&#8217;itumanaho bya Hezbollah"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha VOA avuga yuko &#8220;umutwe wa Hezbollah na guverinema ya Irani bishinja Isirayeli gushwanyuza ibyuma bikoreshwa n\u2019abarwanyi ba Hezbollah mu itumanaho.&#8221;<\/p>\n<p>Ni igitero cyahitanye abantu 12 harimo abana babiri, gikomeretsa abantu 2800.<\/p>\n<p>Umutwe w\u2019abarwanyi ba Hezbollah kuri uyu wa gatatu wavuze ko uzakomeza kurwanya Isirayeli mu rwego rwo gushyigikira umutwe wa Hamasi mu ntara ya Gaza. Hezbollah yavuze ko Isirayeli ikwiriye kwitegura igihano gikarishye.<\/p>\n<p>I Kayiro mu Misiri, ministri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika, Antony Blineken, yabwiye abanyamakuru ko Amerika itari izi iby\u2019ituritswa ry\u2019ibyo byuma kandi nta ruhare yabigizemo.<\/p>\n<p>Yagaragaje impungenge ko ibyabaye bishobora gutera ibibazo by\u2019umutekano mu karere k\u2019uburasirazuba bwo hagati.<\/p>\n<p>Isirayeli ntacyo yavuze kuri iki gikorwa cyabaye nyuma y\u2019amasaha make itangaje ko igiye kwagura intambara irwana na Hamasi mu ntara ya Gaza, ikaza umutekano mu majyaruguru mu rwego rwo gukumira ibisasu byo mu bwoko bwa Roketi biraswa n\u2019abarwanyi ba Hezbollah.<\/p>\n<p>Hezbollah irakeka ko hari ibintu biturika byaba byarongerewe muri ibyo byuma mbere y\u2019uko bishyikirizwa abarwanyi bayo. babyifashishaga nyuma y\u2019uko umukuru wabo ababuza gukoresha za telefoni atinya ko Isirayeli yaba ibaneka ikumva ibyo bavugana.<\/p>\n<p><em><strong>By Julien B.<\/strong><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha VOA avuga yuko &#8220;umutwe wa Hezbollah na guverinema ya Irani bishinja Isirayeli gushwanyuza ibyuma bikoreshwa n\u2019abarwanyi ba Hezbollah mu itumanaho.&#8221; Ni igitero cyahitanye abantu 12 harimo abana babiri,&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1688,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1687","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1687","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1687"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1687\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1688"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1687"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1687"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1687"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}