{"id":1618,"date":"2024-09-12T14:34:45","date_gmt":"2024-09-12T14:34:45","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1618"},"modified":"2024-09-12T14:34:45","modified_gmt":"2024-09-12T14:34:45","slug":"ku-bifuza-akazi-mu-nzego-zibanze-hari-imyanya-1839-yashyizwe-ku-isoko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/12\/ku-bifuza-akazi-mu-nzego-zibanze-hari-imyanya-1839-yashyizwe-ku-isoko\/","title":{"rendered":"Ku bifuza akazi mu nzego z&#8217;ibanze hari imyanya 1839 yashyizwe ku isoko"},"content":{"rendered":"<p>Ishyirahamwe ry&#8217;Uturere n&#8217;Umujyi wa Kigali, RALGA, ryatangaje ko inzego z&#8217;ibanze mu Tugari, mu Mirenge no mu Turere hakenewe abakozi bagera ku 1,839 bazaba bari mu myanya itandukanye.<\/p>\n<p>Bigaragara ko imirenge ari yo ikeneye abakozi benshi bagera ku 1063, utugari tukaba dukeneye abagera kuri 545, mu gihe Uturere dukeneye abagera kuri 231.<\/p>\n<p>RALGA ivuga ko iyi myanya yatangiye gushyirwa ku rubuga rwa Minisiteri y&#8217;Abakozi ba Leta n&#8217;Umurimo(MIFOTRA) rwamamaza imyanya y&#8217;akazi ikeneye abakozi, kuva kuri uyu wa Gatatu, ariko gukomeza kuyishyira kuri urwo rubuga ngo birakomeje.<\/p>\n<p>RALGA ivuga kandi ko ifatanyije na MIFOTRA, bavuguruye uburyo ibizamini by&#8217;abakozi b&#8217;inzego z&#8217;ibanze bikorwa, kugira ngo birusheho gukomeza gukorwa mu mucyo, kuko bigiye kujya bitangirwa igihe kimwe.<\/p>\n<p>Igihe cyo gutanga ibyo bizamini nikigera ngo hazajya hajyaho urwego ruhuriweho n&#8217;inzego zose bireba, kugira ngo hirindwe amakosa abantu bajya binubira.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyirahamwe ry&#8217;Uturere n&#8217;Umujyi wa Kigali, RALGA, ryatangaje ko inzego z&#8217;ibanze mu Tugari, mu Mirenge no mu Turere hakenewe abakozi bagera ku 1,839 bazaba bari mu myanya itandukanye. Bigaragara ko imirenge&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1619,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1618","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1618","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1618"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1618\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1619"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1618"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1618"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1618"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}