{"id":1576,"date":"2024-09-07T19:14:16","date_gmt":"2024-09-07T19:14:16","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1576"},"modified":"2024-09-07T19:14:16","modified_gmt":"2024-09-07T19:14:16","slug":"amadini-namatorero-yose-agiye-guhurira-muri-rwanda-shima-imana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/09\/07\/amadini-namatorero-yose-agiye-guhurira-muri-rwanda-shima-imana\/","title":{"rendered":"Amadini n&#8217;amatorero yose agiye guhurira muri Rwanda Shima Imana"},"content":{"rendered":"<p>Imiryango ishingiye ku kwemera mu Rwanda iri gutegura igiterane cyiswe &#8220;Rwanda Shima Imana Festival&#8221; kizahuriza imbaga y&#8217;abantu muri Stade Amahoro tariki 29 Nzeri 2024.<\/p>\n<p>Abategura iki giterane bavuga ko kizahuza amadini n&#8217;amatorero yose yo mu Rwanda, ku ntego yo &#8220;Gushima Imana&#8221; ku bw&#8217;amahoro n&#8217;iterambere n&#8217;ibindi byiza yakoreye u Rwanda mu myaka 30 ishize, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Iki giterane gihuza amotorero yose yitwa aya gikristo mu Rwanda, gitegurwa n&#8217;umuryango wiswe PEACE Plan uterwa inkunga n&#8217;itorero Saddleback rya Rich Warren, rifite icyicaro muri California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika.<\/p>\n<p>Ijambo PEACE ryo mu cyongereza, n&#8217;ubwo risobanura amahoro, ubwaryo ni impine ya gahunda zishyirwa mu bikorwa n&#8217;Umuryango PEACE Plan, aho P ivuga &#8216;Planting Churches\/Reconciliation&#8217; cyangwa kubiba\/gutera insengero n&#8217;ubwiyunge.<\/p>\n<p>E ivuga &#8216;Equipping Servant Leaders&#8217; cyangwa guha ubushobozi abayobozi (baba ab&#8217;amadini, abo muri Guverinoma n&#8217;ahandi) binyuze mu mahugurwa, mu biterane, mu biganiro n&#8217;ibindi.<\/p>\n<p>A ivuga Assisting the poor cyangwa gufasha abakene, aho amadini n&#8217;amatorero mu Rwanda asabwa gufasha abakene bayabamo, kandi imishinga ya PEACE Plan ikabafasha kubona igishoro cyo gukora ubucuruzi.<\/p>\n<p>C ivuga Caring for the sick cyangwa kwita ku barwayi, aho PEACE Plan igira gahunda yo kwita ku buzima bw&#8217;abantu no kubaka amavuriro guhera ku y&#8217;ibanze kugera ku bitaro binini.<\/p>\n<p>E ivuga Educating the next generation cyangwa kwigisha abantu(igisekuru) b&#8217;ejo hazaza, aho uyu muryango wagiye ufasha amadini n&#8217;amatorero guha ubumenyi abayoboke bayo bakiri bato.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-1578\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/arton82664-ee9e8.jpg\" alt=\"\" width=\"600\" height=\"351\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/arton82664-ee9e8.jpg 600w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/09\/arton82664-ee9e8-300x176.jpg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 600px) 100vw, 600px\" \/><\/p>\n<p>Igiterane cya Rwanda Shima Imana giheruka kuba mu mwaka wa 2016 cyabereye muri &#8216;Zion Temple, Celebration Center&#8217;, gihuza urubyiruko ruturutse mu matorero arenga 400 yo hirya no hino mu Rwanda.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imiryango ishingiye ku kwemera mu Rwanda iri gutegura igiterane cyiswe &#8220;Rwanda Shima Imana Festival&#8221; kizahuriza imbaga y&#8217;abantu muri Stade Amahoro tariki 29 Nzeri 2024. Abategura iki giterane bavuga ko kizahuza&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1577,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2,23],"tags":[],"class_list":["post-1576","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ibitaramo"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1576","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1576"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1576\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1577"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1576"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1576"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1576"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}