{"id":1437,"date":"2024-08-30T10:05:26","date_gmt":"2024-08-30T10:05:26","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1437"},"modified":"2024-08-30T10:05:26","modified_gmt":"2024-08-30T10:05:26","slug":"yago-yahunze-igihugu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/08\/30\/yago-yahunze-igihugu\/","title":{"rendered":"Yago yahunze Igihugu"},"content":{"rendered":"<p>Umuhanzi Nyarwaya Innocent wamenyekanye cyane nka Yago yatangaje ko yahunze \u201cbiturutse ku bo yita agatsiko kashatse kumwica mu myaka Ine ishize .\u201d<\/p>\n<p>Uyu muhanzi mu magambo yanditse ku rubuga rwe rwa X , avuga ko \u201c Aho kuva mu buzima wava mu barozi \u2018 .<\/p>\n<p>Uyu muhanzi avuga ko yahungiye muri Uganda bidatewe nuko yanga Igihugu ahubwo kubera bamwe mu bakomeje kumurwanya mu rugendo rwe rwa muzika.<\/p>\n<p>Ku rubuga rwa X yagize ati \u201c[\u2026] Ukuri kugomba gutsinda.Umuntu atotezwa imyaka ine n\u2019abantu bamwe abandi bakabakomera amashyi. Undi yavuga mu cyumweru kimwe bagashya ubwoba,ibikuba bigacika.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje ati \u201c Mwantoteje imyaka ine isi yose iranyanga mumbeshya kubera ubwoba bwanyu no gushaka kwikubira. Muhagarare.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muhanzi avuga ko ahunze igihugu atari uko arwanga ahubwo ahunze agatsiko kamurwanya.<\/p>\n<p>Ati \u201c Rwanda nkunda nkuhunze ntakwanga ahubwo mpunze agatsiko kabashatse kunyica mumyaka ine ishize, nkataka ariko ntawanyumvise numwe,umutima wanjye urababaye cyane. Ariko numpamagara nzitaba, kuko data yaragukoreye,mama arakubyarira. Uganda nyakira.\u201d<\/p>\n<p>Mu 2015, akirangiza amashuri yisumbuye yinjiye mu Itangazamakuru, akora kuri Goodrich TV, aza kuhava ajya kuri TV10, ari naho yamenyekaniye cyane nk\u2019umwe mu banyamakuru b\u2019abahanga.<\/p>\n<p>Uyu muhanzi yakomeje gukora ibiganiro bya Youtube bigaruka ku bahanzi no ku bikorwa by\u2019imyidagaduro.<br \/>\nIcyakora kuri Youtube haje inkubiri yo guterana amagambo hagati y\u2019abahanzi barimo na Yago. Ibi ari na byo avuga ko byatumye ahunga.<\/p>\n<p>Source: umuseke.rw<\/p>\n<p><strong>By Jean de Dieu UDAHEMUKA\u00a0<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi Nyarwaya Innocent wamenyekanye cyane nka Yago yatangaje ko yahunze \u201cbiturutse ku bo yita agatsiko kashatse kumwica mu myaka Ine ishize .\u201d Uyu muhanzi mu magambo yanditse ku rubuga rwe&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1438,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1437","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1437","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1437"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1437\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1438"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1437"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1437"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1437"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}