{"id":1424,"date":"2024-08-29T11:23:27","date_gmt":"2024-08-29T11:23:27","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1424"},"modified":"2024-08-29T11:23:27","modified_gmt":"2024-08-29T11:23:27","slug":"ingabo-za-congofardc-zarashe-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/08\/29\/ingabo-za-congofardc-zarashe-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"Umusirikare wa FARDC yarashe mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<blockquote><p>Amakuru dukesha abari i Rubavu aravuga ko ahagana saa sita z&#8217;amanywa kuri uyu wa 29 Kanama 2024, umusirikare wo mu ngabo za Congo (FARDC ), yarashe amasasu menshi mu Rwanda, ahagaze ku mupaka witwa &#8216;Petite Bariyeri&#8217;.<\/p><\/blockquote>\n<p>Abaturiye uyu mupaka w&#8217;u Rwanda na Congo bavuga ko nta muntu ayo masasu yishe cyangwa ngo akomeretse, ariko akaba yafashe inzu y&#8217;umuturage ibirahure by&#8217;amadirishya yayo birameneka.<\/p>\n<p>Hari umuturage waganiriye n&#8217;ikinyamakuru Umuseke agira ati &#8221; Umusirikare yaje arasa amasasu menshi, yafashe inzu duturanye ibirahure byo ku madirishya byamenetse.&#8221;<\/p>\n<p>Uwo muturage avuga ko kuva aho uwo musirikare arasiye mu Rwanda, Abanyarwanda barimo gutinya kwambuka bajya muri Congo, ndetse n&#8217;Abanyekongo bari bari mu Rwanda bahise bihutira gusubira iwabo.<\/p>\n<p>Inzego z\u2019umutekano ku ruhande rw\u2019u Rwanda zatangiye gukurikirana iby&#8217;icyo gikorwa kugeza ubu kitarasobanurwa icyo cyari kigambiriye.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha abari i Rubavu aravuga ko ahagana saa sita z&#8217;amanywa kuri uyu wa 29 Kanama 2024, umusirikare wo mu ngabo za Congo (FARDC ), yarashe amasasu menshi mu Rwanda,&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1428,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1424","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1424","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1424"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1424\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1428"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1424"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1424"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1424"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}