{"id":1391,"date":"2024-08-28T17:23:09","date_gmt":"2024-08-28T17:23:09","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1391"},"modified":"2024-08-28T17:23:09","modified_gmt":"2024-08-28T17:23:09","slug":"ibintu-20-utari-uzi-kuri-kamala-harris-umugore-ugiye-kwiyamamariza-kuyobora-amerika","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/08\/28\/ibintu-20-utari-uzi-kuri-kamala-harris-umugore-ugiye-kwiyamamariza-kuyobora-amerika\/","title":{"rendered":"Ibintu 20 utari uzi  kuri Kamala Harris umugore ugiye kwiyamamariza kuyobora Amerika"},"content":{"rendered":"<p>Kamala Harris w\u2019imyaka 59 ahabwa amahirwe yo kuba yayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora azaba mu kwezi kwa cumi na kumwe akaba mu gihe byaba bibaye bikaba byaba ari amateka avuguruye ku bari n\u2019abategarugori ariko na none no kubirabura b\u2019abanyamerika.<br \/>\nMu minsi ishize nibwo Joe Biden niwe wari waratanzwe nishyaka ryaba Demokarate ku mwanya w\u2019umukandida ugiye kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariko bitewe nizabukuru ahitamo guha umwanya visi prezida we Kamala Harris.<br \/>\nIbintu byashimishije benshi cyane ko uyu mugabo ari mu myaka y&#8217;izabukuru kandi akaba yarakomeje kugaragaza ko ubuzima bwe butari mu mwanya wo kuba ikirango cy\u2019Isi ahagararira igihugu cy\u2019igihangange nka Amerika.<br \/>\nKugeza ubu amahirwe yerekeje kuri Kamala Harris ko ari we uzahagararira ishyaka ry\u2019inganzamarumbo ry\u2019aba Demokarate.<br \/>\nUyu mugore bishobora kurangira ayoboye Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika.<br \/>\nAlarmnews.rw yifashishije ikinyamakuru cy\u2019Inyarwanda .com yaguteguriye ibintu bimwe utari uzi kuri uyu mugore w\u2019igihangange.<\/p>\n<p>1. Kamala Devi Harris yavukiye mu gace ka Oakland muri Leta ya California ku wa 20 Ukwakira 1964, ni we mfura mu muryango w\u2019abana 2, nyina w\u2019umuhindekazi yitwa Shyamala Gopalan akaba inzobere mu buvuzi bwa Kanseri naho se ukomoka muri Jamaica akitwa Donald Harris.<br \/>\n2. Ababyeyi be bahuriye muri Kaminuza ya California aho bose barimo basoza amasomo, bisanga banahuje umugambi wo guharanira uburenganzira, inkundura yari ikomeye rimwe na rimwe bajyaga banajyana Kamala Harris mu bikorwa byo kwigaragambiriza ibitanyuze mu mucyo.<\/p>\n<p>3. Izina rya Kamala yarihitiwemo na Mama we, rikaba ari iry\u2019Imana imwe mu z\u2019Abahinde basenga aho abizerera muri yo bavuga ko ariyo itanga abagore b\u2019abanyembaraga.<\/p>\n<p>4. Ababyeyi ba Harris batandukanye afite imyaka 7, byatumye we na murumuna we Maya barerwa na Nyina wenyine mu gace ka Berkeley<\/p>\n<p>5. Guhera mu mashuri yo hasi yagiye ahura n\u2019ibibazo by\u2019ivangura byatumye atangira kugenda ahindura ibigo yigagaho.<\/p>\n<p>6. Akiri muto yasengeraga muri Baptist ariko akanajya mu rusengero rw\u2019Abahindu. Harris agaruka ku buryo yakuzemo yagize ati\u201dMama yumvaga neza ko ari kurera abakobwa b\u2019abiraburakazi babiri kandi yakoraga igishoboka cyose ngo tuzavemo abakomeye kandi bateye ishema.\u201d<br \/>\n7. Mu buto bwe yasuye u Buhinde, maze akorwa ku mutima n&#8217;inkuru ya sekuru wari mu baharaniye ubwigenge bw&#8217;iki gihugu na nyirakuru wari impirimbanyi y\u2019uburenganzira bw\u2019umwari n\u2019umutegarugori wagendaga yigisha ibirebana no kuboneza urubyaro ngo umugore atandukane n\u2019ubukene.<\/p>\n<p>8. Harris yaje kujya kwiga amashuri yisumbuye muri Montreal, icyo gihe nyina yigishaga muri Kaminuza ya McGill akanaba umwe mu bavura Kanseri ku bitaro by\u2019Abayahudi byari aho hafi.<\/p>\n<p>9. Ubwo yari Montreal we n\u2019umuvandimwe we bakoze imyiyereko yatumye abana bagenzi babo barushaho kumva ko bakwiriye gukinira mu mbuga itoshye itabangiza.<\/p>\n<p>10. Nyuma yo gusoza amashuri yisumbuye yakomereje Kaminuza muri Howard, imwe mu zakiraga abirabura zamamaye cyane muri Washington DC aho yakuye impamyabumenyi muri siyanse, politiki n\u2019ubukungu.<\/p>\n<p>11. Yaje kujya kwiga ibirebana n\u2019amategeko muri San Francisco icyo gihe yabanaga na murumuna we Maya wari ufite umwana w\u2019umukobwa.<br \/>\n12. Mu 1990 nyuma yo gutsinda ikizamini kimwemerera kuba umunyamategeko w\u2019umwuga, yatangiye gukora nk\u2019umushinjacyaha muri Oakland aho yibandaga ku byaha bijyanye n\u2019ihohotera rishingiye ku gistina.<\/p>\n<p>13. Umuryango wa Harris ntabwo wigeze wumva neza ukuntu umukobwa wabo agiye kuba umushinjacyaha kubera amateka y\u2019uyu mwuga gusa ibi uyu mugore ntiyabikozwaga, yavugaga ko ashaka guhindura amateka.<\/p>\n<p>14. Mu 1994, Harris yinjiye mu rukundo na Willie Brown wari inganzamarumbo muri politiki ya California, umuvugizi w\u2019Inteko y\u2019Intara akaba yaramurushaga imyaka 30.<br \/>\nIbi byafashije uyu mugore guhita abona akazi muri Komisiyo ijyana n\u2019ubwishingizi n\u2019ubuvuzi aho yahebwaga nk\u2019umushinjacyaha w\u2019iyi Komisiyo ibihumbi bisaga 80 by\u2019amadorali mu mwaka.<\/p>\n<p>15. Mu 1995 Brown yaje gutorerwa kuba Meya wa San Francisco. Mu Kuboza uwo mwaka Harris yatandukanye n\u2019uyu mugabo nk&#8217;uko uyu mugabo yabitangaje ko bombi nta hazaza bari bafite.<\/p>\n<p>16. Kwicisha bugufi kwe akaba yajya kurira ahantu haciciritse nabyo hari abagiye babibona nk\u2019ibintu bidakwiriye uyu mugore kandi azwiho gukunda guteka byo ku rwego rwo hejuru.<\/p>\n<p>17. Akunze kwambara inkweto zo mu bwoko bwa Sneakers<br \/>\n18. Ibitabo nka Native Son cya Richard Wright, The Kite Runner cya Khaled Hosseini, The Joy Luck Club cya Amy Tan na Song of Solomon cya Toni Morrison biri mu biza imbere mu byo akunda.<\/p>\n<p>19. Aramutse atowe mu Gushyingo 2024, yaba abaye umugore wa mbere, w\u2019umwiraburakazi wa mbere muri Amerika, ufite inkomoko muri Aziya ubashije kuyobora iki gihugu cy&#8217;igihangange.<\/p>\n<p>20. Yizerera mu kuba uwa mbere mu bintu byose kandi agaharanira kutazigera na rimwe aba uwanyuma.<\/p>\n<figure id=\"attachment_1395\" aria-describedby=\"caption-attachment-1395\" style=\"width: 1500px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-1395\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-21-vf7njn.jpeg\" alt=\"\" width=\"1500\" height=\"1800\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-21-vf7njn.jpeg 1500w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-21-vf7njn-250x300.jpeg 250w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-21-vf7njn-853x1024.jpeg 853w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-21-vf7njn-768x922.jpeg 768w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-21-vf7njn-1280x1536.jpeg 1280w\" sizes=\"auto, (max-width: 1500px) 100vw, 1500px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-1395\" class=\"wp-caption-text\">Aha Donard Harris ufite inkomoko muri Jamaica akaba Se wa Kamala yari amuteruye hari Muri 1969<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_1396\" aria-describedby=\"caption-attachment-1396\" style=\"width: 1500px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-1396\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-17-2ogy0b.jpg\" alt=\"\" width=\"1500\" height=\"1500\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-17-2ogy0b.jpg 1500w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-17-2ogy0b-300x300.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-17-2ogy0b-1024x1024.jpg 1024w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-17-2ogy0b-150x150.jpg 150w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/file-20240721-17-2ogy0b-768x768.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1500px) 100vw, 1500px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-1396\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>Aha Kamala Harris yarikumwe na nyina wa mwibarutse akamurera akamukuza<\/figcaption><\/figure>\n<p><strong>By Jean de Dieu UDAHEMUKA<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kamala Harris w\u2019imyaka 59 ahabwa amahirwe yo kuba yayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora azaba mu kwezi kwa cumi na kumwe akaba mu gihe byaba bibaye bikaba byaba&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1394,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-1391","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1391","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1391"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1391\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1394"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1391"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1391"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1391"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}