{"id":1249,"date":"2024-08-24T19:16:24","date_gmt":"2024-08-24T19:16:24","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1249"},"modified":"2024-08-24T19:16:24","modified_gmt":"2024-08-24T19:16:24","slug":"ukwiye-kurya-habura-amasaha-atatu-ngo-uryame-inama-yabashakashatsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/08\/24\/ukwiye-kurya-habura-amasaha-atatu-ngo-uryame-inama-yabashakashatsi\/","title":{"rendered":"Ukwiye kurya habura amasaha atatu ngo uryame: Inama y\u2019abashakashatsi"},"content":{"rendered":"<p>Umushakashatsi wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Tara Schmidt, yagaragaje ko kurya hakiri kare bifasha cyane abakunze kurwara ikirungurira iyo bamaze kurya.Nk\u2019uko abisobanura, kurya kare nibura habura amasaha atatu cyangwa ane mbere yo kuryama bifasha kubona igihe gihagije cyo kuba watembera cyangwa ugakora indi mirimo ishobora gutuma igogora ry\u2019ibyo wariye rigenda neza.<\/p>\n<p>Ati \u201cMu gihe cy\u2019umucyo, umubiri ukora neza. Ugabanya ingano y\u2019isukari iri mu mubiri kuko iba yiyongereye mu gihe ufata ifunguro. Ariko iyo ukora ukoresha umubiri, irongera ikagabanyuka.\u201d<\/p>\n<p>Umuhanga mu mirire akaba n\u2019umwanditsi w\u2019igitabo \u201cLove the Food That Loves You Back\u201d (Kunda Ifunguro Rigukunda), Ilana Muhlstein, ashimangira ko gutegura ifunguro kare kugira ngo urye kare ari ngombwa, kuko bigufasha mu kutaritegura huti huti.<\/p>\n<p>Yagaragaje ko iyo uvuye mu kazi ushonje, umubiri uba ugusaba ifunguro ririmo intungamubiri z\u2019ingenzi nka prot\u00e9ine n\u2019imboga. Abona ko bidakwiye ko inzara igutera kwadukira ibiribwa byose usanze mu rugo nk\u2019imigati, kuko kuyirya ukayigerekaho n\u2019ibyatekewe mu nkono yo mu rugo bishobora gutuma uhaga cyane.<\/p>\n<p>Muhlstein ahamya ko ibyiza ku muntu uvuye mu kazi, nibura ari saa kumi n\u2019imwe zuzuye z\u2019umugoroba cyangwa n\u2019igice, yakabaye asanga ifunguro ryujuje izi ntungamubiri zateguwe, akarya hakiri kare kugira ngo igogora rigende neza.<\/p>\n<p>Gufata ifunguro rya nijoro ukerewe bihuzwa no kuba warya byinshi cyane bitewe n\u2019ibyo uba wahereyeho utegereje ko rishya, bikongera ibyago byo kugira umubyibuho ukabije. Ubushakashatsi bugaragaza ko umusemburo wa \u201cLeptin A\u201d utuma wumva igifu cyuzuye wiyongera iyo uriye ukererewe.<\/p>\n<p>Abashakashatsi bagaragaza ko kurya hakiri kare bifasha abantu gusangira na bagenzi babo, by\u2019umwihariko ababyeyi n\u2019abana, bikongera urukundo hagati yabo.<\/p>\n<p>Gusangira n\u2019abandi ntibituma ifunguro rikuryohera gusa, ahubwo binatuma ubuzima bwawe bwo mu mutwe bugenda neza.<\/p>\n<figure id=\"attachment_1250\" aria-describedby=\"caption-attachment-1250\" style=\"width: 1000px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-1250\" src=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/gusangira_n_abandi_ni_igikorwa_gahuzamiryango-c1656.jpg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"666\" srcset=\"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/gusangira_n_abandi_ni_igikorwa_gahuzamiryango-c1656.jpg 1000w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/gusangira_n_abandi_ni_igikorwa_gahuzamiryango-c1656-300x200.jpg 300w, https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2024\/08\/gusangira_n_abandi_ni_igikorwa_gahuzamiryango-c1656-768x511.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1000px) 100vw, 1000px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-1250\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>Gusangira n&#8217;abandi ni igikorwa gihuza imiryango<\/figcaption><\/figure>\n<p>Source:IGIHE<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umushakashatsi wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Tara Schmidt, yagaragaje ko kurya hakiri kare bifasha cyane abakunze kurwara ikirungurira iyo bamaze kurya.Nk\u2019uko abisobanura, kurya kare nibura habura amasaha atatu&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1252,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-1249","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubuzima-iyobokamana"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1249","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1249"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1249\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1252"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1249"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1249"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1249"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}