{"id":1075,"date":"2024-08-24T08:55:14","date_gmt":"2024-08-24T08:55:14","guid":{"rendered":"https:\/\/alarmnews.rw\/?p=1075"},"modified":"2024-08-24T08:55:14","modified_gmt":"2024-08-24T08:55:14","slug":"uwakurikiye-kristo-aba-yiyemeje-guhomba-ibyisi-birimo-uburiganya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/2024\/08\/24\/uwakurikiye-kristo-aba-yiyemeje-guhomba-ibyisi-birimo-uburiganya\/","title":{"rendered":"Uwakurikiye Kristo aba yiyemeje guhomba iby&#8217;isi birimo uburiganya"},"content":{"rendered":"<p>Pawulo yandikiye Abafilipi ati &#8220;Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo-Abafilipi 3:7<\/p>\n<p>Mu buzima busanzwe kamere muntu igira ibyo yitaho cyane ibonako ari inyungu, nyamara iyo tumaze gukizwa tukizera Yesu, twakira indi kamere y&#8217;Umwuka dukomora ku Mana.<\/p>\n<p>Ibyo bigatuma twemera guhomba ibyo twabonaga nk&#8217;inyungu tukiyoborwa na kamere ku bwa Kristo, ni yo mpamvu tuba mu isi tunyuranya n&#8217;abari mu butware bwayo.<\/p>\n<p>Ng&#8217;icyo igituma ab&#8217;isi banga abana b&#8217;Imana, bakabatega ibico bashaka kubagirira nabi, ariko kuguma muri Yesu wanesheje isi ni cyo kibafasha guhora banesha. Amen<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Pawulo yandikiye Abafilipi ati &#8220;Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo-Abafilipi 3:7 Mu buzima busanzwe kamere muntu igira ibyo yitaho cyane ibonako ari inyungu, nyamara iyo&hellip;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":1076,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[25],"tags":[],"class_list":["post-1075","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ijambo-ryumunsi"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1075","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1075"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1075\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1076"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1075"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1075"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/kigaliinfo.com\/kinya\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1075"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}